Intang 1

Imana irema ijuru n’isi 1 Mu ntangiriro Imana yaremye ijuru n’isi. 2 Isi nta shusho yari ifite kandi nta cyari kiyiriho: yari imeze nk’inyanja kandi icuze umwijima. Umwuka w’Imana wari…

Intang 2

1 Ijuru n’isi n’ibibirimo byose bisozwa bityo. 2 Ku munsi wa karindwi Imana yari yashoje uwo murimo, uwo munsi iruhuka imirimo yose yari yakoze. 3 Imana iha umugisha umunsi wa…

Intang 3

Adamu na Eva bagomera Imana 1 Inzoka yari incakura kurusha izindi nyamaswa zose Uhoraho Imana yari yararemye. Inzoka ibaza umugore iti: “Mbese koko Imana yababujije kurya ku mbuto zose z’ibiti…

Intang 4

Kayini na Abeli 1 Adamu aryamana n’umugore we Eva amutera inda, abyara umuhungu amwita Kayini, avuga ati: “Mbyaye umwana mbikesha Uhoraho.” 2 Eva abyara undi muhungu amwita Abeli. Abeli aba…

Intang 5

Adamu n’urubyaro rwe kugeza kuri Nowa 1 Iyi ni inyandiko ivuga ku bakomoka kuri Adamu. Igihe Imana yaremaga umuntu, yamuremye asa na yo. 2 Umugabo n’umugore ni ko yabaremye, icyo…

Intang 6

Abantu bakabya ubugome 1 Abantu batangiye kuba benshi ku isi, bamaze no kubyara abakobwa, 2 abahungu b’Imanababengukwa abakobwa b’abantu, babashakamo abageni. 3 Uhoraho ni ko kuvuga ati: “Umwuka w’ubugingo ntuzaguma…

Intang 7

Nowa yinjira mu bwato 1 Uhoraho abwira Nowa ati: “Injira mu bwato wowe n’ab’inzu yawe bose, kuko ari wowe gusa mbona utunganye mu bantu b’iki gihe. 2 Mu nyamaswa n’amatungo…

Intang 8

Uko umwuzure warangiye 1 Imana ntiyibagiwe Nowa n’inyamaswa zose n’amatungo yose bari kumwe mu bwato, ituma umuyaga uhuha ku isi, amazi atangira kugabanuka. 2 Nuko amasōko yose araziba, n’ibigomera amazi…

Intang 9

Isezerano Imana yagiranye na Nowa 1 Imana iha umugisha Nowa n’abahungu be, irababwira iti: “Nimubyare mugwire mwuzure isi. 2 Inyamaswa n’inyoni n’ibisiga, n’ibikurura inda hasi n’amafi, byose muzabitera ubwoba bibatinye,…

Intang 10

Abakomoka kuri Nowa 1 Umwuzure urangiye, abahungu ba Nowa ari bo Semu na Hamu na Yafeti barabyaye. Dore ababakomokaho: 2 Bene Yafeti ni Gomeri na Magogi na Madayi, na Yavani…