2 Amateka 11

Ubuhanuzi bwa Shemaya 1 Robowamu ageze i Yeruzalemu atoranya mu muryango wa Yuda n’uwa Benyamini, abagabo ibihumbi ijana na mirongo inani b’abarwanyi kabuhariwe, kugira ngo bajye kurwanya Abisiraheli bo mu…

2 Amateka 12

Shishaki umwami wa Misiri atera u Buyuda 1 Robowamu amaze gukomeza ingoma ye ntiyaba acyumvira Amategeko y’Uhoraho, Abisiraheli bose baramukurikiza. 2 Kubera ko bari bacumuriye Uhoraho, mu mwaka wa gatanu…

2 Amateka 13

Ingoma ya Abiya 1 Mu mwaka wa cumi n’umunani Yerobowamu ari ku ngoma, Abiya yabaye umwami w’u Buyuda, 2 amara imyaka itatu ari ku ngoma i Yeruzalemu. Nyina yitwaga Māka,…

2 Amateka 14

1 Asa yakoze ibyiza kandi binogeye Uhoraho Imana ye. 2 Yakuyeho intambiro z’abanyamahanga n’ahasengerwaga ibigirwamana, amenagura inkingi z’amabuye asengwa, atemagura n’amashusho y’ikigirwamanakazi Ashera. 3 Yategetse Abayuda gushakashaka Uhoraho Imana ya…

2 Amateka 15

Asa avugurura iyobokamana 1 Mwuka w’Imana atuma Azariya mwene Odedi 2 kujya gusanganira Asa. Aramubwira ati: “Asa n’Abayuda n’Ababenyamini mwese, nimunyumve! Uhoraho ari kumwe namwe, niba namwe muri kumwe na…

2 Amateka 16

Asa arwana na Bāsha umwami wa Isiraheli 1 Mu mwaka wa mirongo itatu n’itandatu Asa ari ku ngoma, Bāsha umwami wa Isiraheli atera u Buyuda. Nuko asana umujyi: wa Rama…

2 Amateka 17

Ingoma ya Yozafati 1 Yozafati asimbura se Asa ku ngoma, akomeza ubutegetsi bwe kugira ngo yirinde Abisiraheli. 2 Akwiza ingabo mu mijyi ntamenwa yose y’u Buyuda, ashyiraho n’abategetsi mu mijyi…

2 Amateka 18

Yozafati yifatanya na Ahabu umwami w’Abisiraheli 1 Yozafati agira ubukire bwinshi n’ikuzo, ashyingirana na Ahabu. 2 Hashize igihe Yozafati ajya gusura Ahabu i Samariya. Ahabu amwakirana n’abo bari kumwe, ababāgira…

2 Amateka 19

Yozafati ashyiraho abacamanza mu Buyuda 1 Yozafati umwami w’u Buyuda atabaruka amahoro asubira iwe i Yeruzalemu. 2 Umuhanuzi Yehu mwene Hanani, aramusanganira aramubwira ati: “Mbese utekereza ko ari byiza gufasha…

2 Amateka 20

Yozafati asengera u Buyuda 1 Nyuma y’ibyo, Abamowabu n’Abamoni bashyigikiwe n’ab’Abamewunibatera Yozafati. 2 Haza abantu baramubwira bati: “Ingabo nyinshi zaguteye ziturutse hakurya y’Ikiyaga cy’Umunyu mu gihugu cya Edomu, none dore…