2 Kor 1

Indamutso 1 Jyewe Pawulo, Intumwa ya Kristo Yezu nk’uko Imana yabishatse, hamwe n’umuvandimwe Timoteyo, turabandikiye mwebwe itorero ry’Imana riri i Korinti, hamwe n’intore zayo zose ziri muri Akaya yose. 2…

2 Kor 2

1 Koko niyemeje kutagaruka iwanyu kugira ngo ntongera kubatera agahinda. 2 None se ndamutse mbateye agahinda, jye ni ba nde bantera ibyishimo? Ese si mwebwe kandi ari mwe nateye agahinda?…

2 Kor 3

Abagaragu b’Imana b’Isezerano rishya 1 Mbese ibyo bivuga ko twongeye kwiyogeza? Cyangwa se dukeneye inzandiko zo kudusohoza kuri mwe, cyangwa izo twabaka tukazitwaza nk’uko bamwe babigenza? 2 Mwebwe ubwanyu ni…

2 Kor 4

Ubukungu bwa Mwuka mu bibindi 1 Koko rero Imana yatugiriye imbabazi idushinga uyu murimo, ni cyo gituma tudacogora. 2 Ahubwo twazinutswe ibiteye isoni byose bikorwa rwihishwa, ntitucyifata nk’abariganya cyangwa ngo…

2 Kor 5

1 Koko rero aka kazu k’ingando dutuyemo ari ko mubiri, tuzi ko nigasenyuka mu ijuru dufite inzu idasenyuka tuzabamo, itubatswe n’abantu ahubwo yubatswe n’Imana. 2 Igihe tukigatuyemo turanihatubitewe no kwifuza…

2 Kor 6

1 Noneho ubwo dukorana n’Imana, turabinginga kugira ngo ubuntu yabagiriye bwe gupfa ubusa. 2 Koko rero ubwayo yaravuze iti: “Mu gihe gikwiye narakumvise, ku munsi w’agakiza naragutabaye.” None rero iki…

2 Kor 7

1 Ncuti nkunda, ayo masezerano ni twe yahawe. Bityo rero nimucyo twiyeze, twivaneho ikintu cyose gishobora kuduhumanya imibiri cyangwa imitima, twihatire kuba abaziranenge rwose tubitewe no gutinya Imana. Ibyishimo bya…

2 Kor 8

Gutanga utitangiriye itama 1 Bavandimwe, turifuza kubamenyesha ubuntu Imana yagiriye amatorero yayo yo mu ntara ya Masedoniya. 2 Koko bagize amakuba menshi yo kubagerageza, nyamara ibyishimo byabo bisesuye byatumye batanga…

2 Kor 9

Imfashanyo yo kugoboka intore z’Imana z’i Yeruzalemu 1 Ntabwo rwose ari ngombwa ko mbandikira ku byerekeye igikorwa cyo kugoboka intore z’Imana zo muri Yudeya. 2 Nzi ko mugira ubwuzu bwo…

2 Kor 10

Pawulo yiregura ku Banyakorinti 1 Jyewe Pawulo ndabinginga nkoresheje ubugwaneza no kugira neza bya Kristo. Bavuga ko iyo turi kumwe mba nk’intama, twaba tutari kumwe nkaba nk’intare. 2 Ndabasaba nkomeje…