Ezayi 41
Umuntu Uhoraho yitoreye 1 Mwa batuye ibirwa mwe, nimuceceke imbere yanjye, mwa banyamahanga mwe, nimugire akanyabugabo. Nimuze imbere yanjye muvuge, nimuze duhure tuburane. Uko ni ko Uhoraho avuze. 2 Ni…
Umuntu Uhoraho yitoreye 1 Mwa batuye ibirwa mwe, nimuceceke imbere yanjye, mwa banyamahanga mwe, nimugire akanyabugabo. Nimuze imbere yanjye muvuge, nimuze duhure tuburane. Uko ni ko Uhoraho avuze. 2 Ni…
Umugaragu w’Uhoraho 1 Uhoraho aravuga ati: “Dore umugaragu wanjye nshyigikiye, ni we nitoranyirije ndamwishimira. Nzamushyiramo Mwuka wanjye, azatangariza amahanga ubutabera. 2 Ntazatongana kandi ntazasakuza, ntazarangurura ijwi rye mu mayira. 3…
Imana isezerana gutabara abantu bayo 1 Mwebwe abakomoka kuri Yakobo nimwumve Uhoraho wabaremye, mwa Bisiraheli mwe, uwababeshejeho aravuga ati: “Mwigira ubwoba ni jye wabacunguye, ni jye wabahamagaye muri abanjye. 2…
Uhoraho azasendereza Mwuka we ku Bisiraheli 1 Nimwumve rubyaro rwa Yakobo umugaragu wanjye, nimwumve rubyaro rwa Isiraheli nitoranyirije. 2 Jyewe Uhoraho nabaremye kuva mukiri mu nda, jyewe ugikomeza kubashyigikira ndavuze…
Uhoraho atoranya Sirusi 1 Uhoraho abwiye Sirusi uwo yitoranyirije ati: “Ndagushyigikiye kugira ngo utsinde amahanga agukikije, unyage abami ubutegetsi bwabo, ukingure amarembo y’imijyi ibe nyabagendwa. 2 Jyewe ubwanjye nzakugenda imbere,…
1 Ikigirwamana Beli gicitse intege, ikigirwamana Nebo na cyo kigiye guhirima, amashusho yabyo ahetswe n’inyamaswa zikorera imizigo, dore imizigo mwikoreraga zirayihetse yazinanije. 2 Inyamaswa ngizo zirasukuma zigiye gutemba, ntizigishoboye kuramira…
Babiloni icishwa bugufi 1 Uhoraho aravuga ati: “Mwa baturage b’i Babiloni mwe, nimwicishe bugufi mwicare hasi. Mwa Banyababiloniya mwe, nimuve ku ntebe za cyami, ntimuzongera kwitwa ihogoza cyangwa akataraboneka. 2…
Uhoraho atangaje ibikorwa bishya 1 Uhoraho aravuga ati: “Mwa rubyaro rwa Yakobo mwe mwitirirwa izina rya Isiraheli, mwe abakomoka kuri Yuda murahira izina ry’Uhoraho, mwe mwitabaza Imana ya Isiraheli mutabikuye…
Umugaragu w’Uhoraho 1 Mwa batuye ibirwa nimunyumve, abo mu mahanga ya kure nimutege amatwi. Uhoraho yampamagaye ntaravuka, yanyise izina nkiri mu nda ya mama. 2 Amagambo yanjye yayagize nk’inkota ityaye,…
Imana ntizareka abantu bayo 1 Uhoraho arabwira Abisiraheli ati: “Urwandiko nanditse rwo gusenda nyoko ruri he? Mbese narabagurishije kubera ko narimo umwenda? Reka da! Mwaragurishijwe kubera ibyaha byanyu, nyoko yasenzwe…