Ezayi 51

Agakiza kazahoraho 1 Uhoraho aravuze ati: “Nimunyumve mwe abaharanira ubutungane, nimuntege amatwi mwe abanshakashaka, jyewe Uhoraho. Nimuzirikane urutaremukomokaho, nimuzirikane inganzo mwakuwemo. 2 Nimwibuke sokuruza Aburahamu, nimwibuke Sara wababyaye. Igihe nahamagaraga…

Ezayi 52

Yeruzalemu izagarura ubuyanja 1 Siyoni we, kanguka, kangukana imbaraga. Yeruzalemu murwa w’Imana, ambara umwambaro w’ikuzo. Abanyamahanga n’abahumanye ntibazongera kukwinjiramo. 2 Yeruzalemu ihungure umukungugu, va mu cyunamo usubire mu mwanya wawe….

Ezayi 53

1 Ni nde wemeye ibyo yatwumvanye? Ni nde wahishuriwe ububasha bw’Uhoraho? 2 Uwo mugaragu yakuriye imbere y’Uhoraho nk’urugemwe, yari ameze nk’urugemwe rwameze mu butaka bwumiranye. Nta buranga cyangwa igikundiro yari…

Ezayi 54

Yeruzalemu ntikiri intabwa 1 Uhoraho aravuga ati: “Yeruzalemu we, ishime! Wari umeze nk’umugore w’ingumba, wari nk’umugore utigeze abyara. None ishime urangurure ijwi, wowe utigeze uribwa n’ibise! Koko umugore w’intabwa azagira…

Ezayi 55

Nimuze mwese muhabwe ku buntu 1 Abafite inyota mwese nimuze mbahe amazi, abadafite amafaranga namwe nimuze. Nimuze murye kandi munywe nta kiguzi, nimuze munywe divayi n’amata. 2 Kuki mugura ibyokurya…

Ezayi 56

Agakiza kagenewe abantu bose 1 Uhoraho aravuze ati: “Nimuharanire ubutabera mukore ibitunganye, dore agakiza kanjye karegereje, ubutungane bwanjye bugiye kwigaragaza. 2 Hahirwa ugenza atyo, hahirwa umuntu ubizirikana, hahirwa uwubahiriza isabato…

Ezayi 57

Gucyaha abasenga ibigirwamana 1 Nyamara intungane zirapfa ntihagire ubyitaho, abagwaneza barapfa ntihagire ubizirikana, nta wuzirikana ko ari ukugira ngo intungane zikizwe amakuba yari azitegereje. 2 Iyo bapfuye baba mu ituze,…

Ezayi 58

Kwigomwa kurya gushimisha Imana 1 Uhoraho aravuga ati: “Rangurura, komeza urangurure, rangurura ijwi nk’iry’impanda, umenyeshe abantu banjye ubwigomeke bwabo, bwira Abisiraheli ibyaha byabo. 2 Baza kunsenga buri munsi, bishimira kumenya…

Ezayi 59

Ibyaha bibatandukanya n’Uhoraho 1 Ntimwibwire ko Uhoraho ari umunyantegenke, ntimwibwire ko atabasha kubakiza, ntimwibwire ko yazibye amatwi ngo atumva, 2 Ahubwo ni ibicumuro byanyu byabatandukanyije n’Imana yanyu, ni ibyaha byanyu…

Ezayi 60

Yeruzalemu ihabwa ikuzo 1 Yeruzalemu, haguruka urabagirane kuko umucyo ukuziye, ikuzo ry’Uhoraho rirakumurikiye. 2 Dore umwijima utwikiriye isi, icuraburindi ritwikiriye amahanga, nyamara wowe Uhoraho arakumurikiye, ikuzo rye rirakugaragaraho. 3 Amahanga…