Ibar 1
Ibarura ry’ingabo z’Abisiraheli 1 Ku itariki ya mbere y’ukwezi kwa kabiri k’umwaka wa kabiri Abisiraheli bavuye mu Misiri, Uhoraho ari mu Ihema ry’ibonaniro mu butayu bwa Sinayi yabwiye Musa ati:…
Ibarura ry’ingabo z’Abisiraheli 1 Ku itariki ya mbere y’ukwezi kwa kabiri k’umwaka wa kabiri Abisiraheli bavuye mu Misiri, Uhoraho ari mu Ihema ry’ibonaniro mu butayu bwa Sinayi yabwiye Musa ati:…
Ibyiciro by’ingabo z’Abisiraheli 1 Uhoraho abwira Musa na Aroni ati: 2 “Abisiraheli bose bajye bashinga amahema yabo hafi y’ikirangamuryango cyabo n’ibendera ry’umutwe w’ingabo barimo, bajye bayazengurutsa ahitaruye Ihema ry’ibonaniro. 3…
Abahungu ba Aroni 1 Dore abo mu muryango wa Aroni na Musa, igihe Uhoraho yavuganiraga na Musa ku musozi wa Sinayi. 2 Aroni yari afite abahungu bane uw’impfura yitwaga Nadabu,…
Inshingano z’Abakehati 1 Uhoraho abwira Musa na Aroni ati: 2 “Mubarure Abalevi bakomoka kuri Kehati uko imiryango yabo iri. 3 Muhere ku bamaze imyaka mirongo itatu mugeze ku bamaze mirongo…
Abantu bahumanye bavanwa mu nkambi 1 Uhoraho abwira Musa ati: 2 “Tegeka Abisiraheli bajye bavana mu nkambi umuntu wese urwaye indwara y’uruhu yanduza, cyangwa iyo kuninda mu myanya ndangagitsina, cyangwa…
Amategeko agenga abanaziri 1 Uhoraho ategeka Musa 2 kubwira Abisiraheli ati: “Nihagira umugabo cyangwa umugore uhiga umuhigo wo kunyiyegurira kugira ngo abe umunaziri, 3 ntakanywe divayi n’izindi nzoga zose zindisha…
Amaturo yatanzwe n’abatware b’Abisiraheli 1 Barangije gushinga Ihema ry’ibonaniro, Musa afata amavuta ayasīga Ihema n’ibiririmo byose, n’urutambiro n’ibikoresho byarwo byose kugira ngo abyegurire Uhoraho. 2 Nuko abatware bahagarariye imiryango cumi…
Uko amatara agomba guterekwa 1 Uhoraho ategeka Musa 2 kubwira Aroni ati: “Nushyira amatara arindwi ku gitereko cyayo, ajye amurikira imbere yacyo.” 3 Aroni aramwumvira, abigenza atyo. 4 Igitereko cy’amatara…
Amabwiriza yerekeye Pasika 1 Mu kwezi kwa mbere k’umwaka wa kabiri Abisiraheli bavuye mu Misiri, Uhoraho abwirira Musa mu butayu bwa Sinayi ati: 2 “Abisiraheli bajye bizihiza Pasika ku munsi…
Impanda z’ifeza 1 Uhoraho abwira Musa ati: 2 “Curisha impanda ebyiri mu ifeza. Zizavuzwa uhamagaza ikoraniro ry’Abisiraheli, n’igihe ubamenyesha ko bagomba kwimuka. 3 Bajye bazivugiriza icyarimwe igihe uzahamagara Abisiraheli bose,…