Mt 11

Yohani Mubatiza atuma kuri Yezu 1 Yezu amaze guha abigishwa be cumi na babiri ayo mabwiriza, aherako ajya kwigisha no kwamamaza Ubutumwa bwiza mu mijyi y’iwabo. 2 Ubwo Yohani yari…

Mt 12

Yezu yigisha iby’isabato 1 Icyo gihe Yezu anyura mu mirima y’ingano ari ku isabato, abigishwa be bari bashonje maze batangira guca amahundo bararya. 2 Abafarizayi babibonye baramubwira bati: “Dore abigishwa…

Mt 13

Umugani w’umubibyi 1 Uwo munsi Yezu ava imuhira, ajya ku kiyaga yicara ku nkombe. 2 Imbaga nyamwinshi y’abantu iramukikiza bituma ajya mu bwato yicaramo, abantu bose bahagarara ku nkombe. 3…

Mt 14

Urupfu rwa Yohani Mubatiza 1 Muri icyo gihe Herodi umutegetsi w’intara ya Galileya yumva ibya Yezu. 2 Nuko abwira abo mu rugo rwe ati: “Uriya muntu ni Yohani Mubatiza wazutse!…

Mt 15

Yezu ahinyura inyigisho z’Abafarizayi 1 Nuko Abafarizayi n’abigishamategeko baturutse i Yeruzalemu basanga Yezu, baramubaza bati: 2 “Kuki abigishwa bawe barenga ku muhango wa ba sogokuruza? Kuki mu gihe cyo gufungura…

Mt 16

Abafarizayi n’Abasaduseyi basaba ikimenyetso 1 Nuko Abafarizayi n’Abasaduseyi basanga Yezu, bamusaba ikimenyetso cyemeza ko yatumwe n’Imana, ariko ari umutego bamutega. 2 Yezu arabasubiza ati: “Iyo izuba rirenze muravuga muti: ‘Ejo…

Mt 17

Abigishwa babona ikuzo rya Yezu 1 Iminsi itandatu ishize Yezu ajyana Petero n’abavandimwe babiri Yakobo na Yohani, bihererana mu mpinga y’umusozi muremure. 2 Nuko ahinduka bamureba, mu maso he harabagirana…

Mt 18

Umukuru mu bwami bw’ijuru 1 Icyo gihe abigishwa begera Yezu baramubaza bati: “Mbese ni nde mukuru mu bwami bw’ijuru?” 2 Nuko Yezu arembuza umwana amushyira hagati yabo, 3 maze arababwira…

Mt 19

Ibyo gutandukana kw’abashakanye 1 Nuko Yezu amaze kuvuga ayo magambo ava muri Galileya, ajya mu gice cy’intara ya Yudeya iri iburasirazuba bw’uruzi rwa Yorodani. 2 Imbaga nyamwinshi y’abantu bamukurikirayo, maze…

Mt 20

Abakozi bahembwe kimwe 1 “Iby’ubwami bw’ijuru wabigereranya n’umukungu wazindutse kare, ararika abantu bo kumukorera mu biti bye by’imizabibu. 2 Amaze gusezerana na bo igihembo gisanzwe cy’umubyizi, abohereza gukora mu mizabibu…