Mubw 1
Ibintu ni ubusa 1 Umva amagambo y’Umubwiriza mwene Dawidi, akaba n’umwami w’i Yeruzalemu. 2 Umubwiriza aravuga ati: “Ibintu ni ubusa ndetse ni ubusa busa, byose ni ubusa. 3 Imiruho ya…
Ibintu ni ubusa 1 Umva amagambo y’Umubwiriza mwene Dawidi, akaba n’umwami w’i Yeruzalemu. 2 Umubwiriza aravuga ati: “Ibintu ni ubusa ndetse ni ubusa busa, byose ni ubusa. 3 Imiruho ya…
1 Naribwiye nti: “Reka ngerageze kwishimisha ndebe”, ariko na byo nasanze ari ubusa. 2 Nasanze ibitwenge ari ubupfapfa, mbona ko umunezero nta cyo umaze. 3 Nagerageje kwinezeza nywa divayi, kandi…
Buri kintu kigira igihe cyacyo 1 Buri kintu kigira igihe cyacyo, ku isi buri gikorwa kigira umwanya wacyo. 2 Hari igihe cyo kuvuka n’igihe cyo gupfa, hari igihe cyo gutera…
Akarengane n’amarorerwa mu mibereho y’abantu 1 Nongeye kwitegereza akarengane kari ku isi, mbona amarira y’abakandamizwa batagira ubarengera, abari kubarengera ni bo bari bafite ububasha bwo kubakandamiza. 2 Ndahamya ko abapfuye…
1 Ujye utekereza mbere yo kuvuga, ntugahubukire kugira icyo ubwira Imana kuko iri mu ijuru, naho wowe ukaba ku isi. Bityo rero ujye uvuga make. 2 Koko rero imiruho myinshi…
1 Hari akandi kaga nabonye ku isi kibasiye abantu. 2 Hari ubwo Imana iha umuntu ubukungu n’ubutunzi n’icyubahiro, ntabure icyo yifuza cyose, nyamara Imana ntimwemerere kubyinezezamo. Bityo undi muntu akaba…
Ibyerekeye ubuzima 1 Kuvugwa neza biruta amavuta y’agaciro, umunsi wo gupfa k’umuntu uruta uwo yavutseho. 2 Ni byiza kugenderera abari mu cyunamo kuruta abari mu byishimo, koko urupfu ni rwo…
1 Ni nde umeze nk’umunyabwenge wasobanura ibi bintu? Ubwenge bw’umuntu butuma acya mu maso, bugasibanganya umubabaro we. Kumvira umwami ni ukuba umunyabwenge 2 Ujye wumvira umwami nk’uko wabyemereye imbere y’Imana….
1 Ibyo byose narabizirikanye, nsanga ari intungane n’abanyabwenge, kimwe n’ibikorwa byabo byose bigengwa n’Imana. Umuntu ntazi ikimutegereje, cyaba urukundo cyangwa urwango. 2 Ni ko bimeze kandi ku bantu bose, haba…
1 Nk’uko isazi nke zapfuye zitera umubavu kunuka, ni ko ubupfapfa n’iyo ari buke butesha agaciro ubwenge n’icyubahiro. 2 Imigenzereze y’umunyabwenge ishyira mu gaciro, nyamara iy’umupfapfa ikamuyobya. 3 Iyo umupfapfa…