Sir 21
Guhunga icyaha 1 Mwana wanjye, ese waba waracumuye? Ntuzongere, ujye usaba imbabazi z’ibyaha wakoze. 2 Ujye uhunga icyaha nk’uko uhunga inzoka, nuyegera izakuruma. Amenyo y’icyaha ni nk’ay’intare, acuza abantu ubuzima….
Guhunga icyaha 1 Mwana wanjye, ese waba waracumuye? Ntuzongere, ujye usaba imbabazi z’ibyaha wakoze. 2 Ujye uhunga icyaha nk’uko uhunga inzoka, nuyegera izakuruma. Amenyo y’icyaha ni nk’ay’intare, acuza abantu ubuzima….
Umunebwe 1 Umunebwe asa n’ibuye ririho imyanda, umubonye wese amuha akato. 2 Umunebwe asa n’ikirundo cy’imyanda, uyikozeho wese akunguta intoki. Abana babi 3 Umwana utagira uburere akoza isoni umubyeyi we,…
1 Uhoraho, mubyeyi kandi mugenga w’ubuzima bwanjye, ntuntererane ngo ntwarwe n’ibyo mvuga, ntiwemere ko amagambo yanjye antera kuyoba. 2 Ujye ugorora ibitekerezo byanjye, ujye utoza umutima wanjye ubuhanga. Ujye uwutoza…
Igisingizo cy’Ubuhanga 1 Ubuhanga buvuga igisingizo cyabwo, bwihesha ikuzo mu bantu babwo. 2 Ubuhanga bufata ijambo mu ikoraniro ry’Usumbabyose, bugaragaza ikuzo ryabwo imbere y’ingabo zayo. 3 Buravuga buti: “Nakomotse ku…
Ibintu biboneye n’ibigayitse 1 Hari ibintu bitatu nkunda cyane, ibyo bintu bishimisha Imana n’abantu: ubwumvikane mu bavandimwe, ubucuti mu baturanyi, umubano mwiza w’umugabo n’umugore. 2 Hari abantu b’uburyo butatu nazinutswe,…
Amahirwe y’umugabo washatse neza 1 Hahirwa umugabo washatse neza, iminsi yo kubaho kwe izikuba kabiri. 2 Umugore w’umunyamwete ashimisha umugabo we, umugabo we agira amahoro mu mibereho ye yose. 3…
1 Abantu benshi bacumura kubera irari ry’inyungu, umuntu ushaka ubukire ntagira impuhwe. 2 Nk’uko urumambo rwinjirira hagati y’aho amabuye ahurira, ni na ko icyaha kiboneka hagati y’ugurisha n’umuguzi. 3 Niba…
1 Uwihōrera azahōrwa n’Uhoraho, nta cyaha cye na kimwe kizirengagizwa. 2 Ujye ubabarira mugenzi wawe amakosa yakugiriye, bityo nusenga, Uhoraho azakubabarira ibyaha byawe. 3 Niba umuntu akomeza kurakarira mugenzi we,…
Ibyerekeye inguzanyo 1 Uguriza mugenzi we aba ari umunyampuhwe, umuteye inkunga aba akurikije amategeko. 2 Ujye uguriza mugenzi wawe igihe abikeneye, nawe kandi niba waragurijwe ujye wishyura mu gihe gikwiye….
Uburere bw’abana 1 Umubyeyi ukunda umwana we aramucyaha, aramucyaha kugira ngo mu gihe kizaza azamwishimire. 2 Urera umwana we neza bimutera umunezero, bizamutera ishema muri bagenzi be. 3 Urera umwana…