Tobi 1
1 Iyi ni inkuru ya Tobitimwene Tobiyeli mwene Ananiyeli, mwene Aduweli mwene Gabayeli, mwene Rafayeli mwene Raguweli wo mu nzu ya Asiyeli wo mu muryango wa Nafutali. 2 Ku ngoma…
1 Iyi ni inkuru ya Tobitimwene Tobiyeli mwene Ananiyeli, mwene Aduweli mwene Gabayeli, mwene Rafayeli mwene Raguweli wo mu nzu ya Asiyeli wo mu muryango wa Nafutali. 2 Ku ngoma…
Ibirori mu muryango 1 Ku ngoma ya Esarihadoni nagarutse iwanjye, nsubizwa umugore wanjye Ana, na Tobiya umuhungu wanjye. Ku munsi wacu wa Pentekote, ari wo munsi mukuru w’Ibyumwerubirindwi nyuma ya…
Isengesho rya Tobiti 1 Nuko ndashavura cyane, nsuhuza umutima ndaturika ndarira. Ni ko kuvuga iri sengesho ryuje amaganya nti: 2 “Nyagasani, uri intabera, ibikorwa byawe byose biraboneye. Imigenzereze yawe irangwa…
Amabwiriza Tobiti yahaye umuhungu we Tobiya 1 Icyo gihe Tobiti yibuka ifeza yari yarabikije kwa Gabayeli, i Ragesiho mu Bumedi, 2 maze aribwira ati: “Dore maze kwifuza gupfa, none reka…
Tobiya ajyana na Rafayeli mu Bumedi 1 Nuko Tobiya asubiza se Tobiti ati: “Data, ibyo untegetse byose nzabikora. 2 Ariko se izo feza uwo mugabo azazimpa ate, kandi tutaziranye? Icyemezo…
Tobiya afata ifi nini 1 Nuko Tobiya ajyana n’umumarayika, hamwe n’imbwa ibaherekeje. Baragenda maze ijoro riguye barara ku nkombe y’uruzi rwa Tigiri. 2 Tobiya ajya koga ibirenge muri Tigiri, hanyuma…
Sara ashyingirwa Tobiya 1 Tobiya n’umumarayika Rafayeli bageze Ekibatana, Tobiya aravuga ati: “Muvandimwe Azariya, hita unjyana kwa mwene wacu Raguweli.” Nuko umumarayika Rafayeli amujyana kwa Raguweli, basanga yicaye ku irembo…
Ingabo ya Sekibi yirukanwa 1 Bamaze kurya no kunywa, igihe cyo kuryama kiragera. Ni ko kuzana wa musore bamwinjiza mu cyumba. 2 Tobiya ageze mu cyumba yibuka ya magambo Rafayeli…
Rafayeli ajya i Ragesi 1 Nuko Tobiya ahamagara Rafayeli aramubwira ati: 2 “Muvandimwe Azariya, jyana n’abagaragu bane hamwe n’ingamiya ebyiri, 3 ujye i Ragesi kwa Gabayeli umuhe iyi nyandiko, na…
Ababyeyi ba Tobiya bahangayikishwa n’uko atinze 1 Tobiti yahoraga abara iminsi ishize n’isigaye kugira ngo umuhungu agaruke, ariko ya minsi yose ishira ataragaruka. 2 Nuko aribwira ati: “Aho ntiyaba yaragize…