Yh 11

Urupfu rwa Lazaro 1 Umuntu witwa Lazaro wari utuye i Betaniya yafashwe n’indwara. I Betaniya aho ni ho Mariya n’umuvandimwe we Maritababaga. 2 Lazaro uwo yari musaza wa Mariya, wa…

Yh 12

Mariya asīga Yezu amarashi 1 Hasigaye iminsi itandatu umunsi mukuru wa Pasika y’Abayahudi ukaba, Yezu ajya i Betaniya iwabo wa Lazaro, uwo yari yarazuye mu bapfuye. 2 Baramuzimanira. Marita yaraherezaga…

Yh 13

Yezu yoza abigishwa be ibirenge 1 Hari ku munsi ubanziriza Pasika y’Abayahudi. Yezu yari azi ko igihe kigeze cyo kuva kuri iyi si agasubira kwa Se. Nk’uko yari asanzwe akunda…

Yh 14

Yezu ni we nzira igeza ku Mana 1 Yezu arababwira ati: “Ntimuhagarike imitima. Mwizere Imanananjye munyizere. 2 Mu rugo rwa Data harimo amazu menshi. Iyo bitaba bityo simba narababwiye ko…

Yh 15

Yezu yigereranya n’igiti cy’umuzabibu 1 “Ni jye muzabibu w’ukuri kandi Data ni we uwuhingira. 2 Ishami ryose ryo kuri jye ritera arivanaho, naho iryera ryose ararikaragira ngo ribe risukuye rirusheho…

Yh 16

1 “Ibyo nabibabwiriye kugira ngo hatagira ikibacogoza. 2 Bazabaca mu nsengero zabo, ndetse hagiye kuzaza igihe ubwo uzabica wese azibwira ko akorera Imana. 3 Bazabagirira batyo kuko batamenye Data, nanjye…

Yh 17

Yezu asabira abigishwa be 1 Yezu amaze kuvuga atyo, yubura amaso areba ku ijuru aravuga ati: “Data, igihe kirageze. Hesha Umwana wawe ikuzo kugira ngo na we aguheshe ikuzo. 2…

Yh 18

Bafata Yezu 1 Yezu amaze gusenga atyo, ajyana n’abigishwa be bambuka umugezi wa Kedironi. Hakurya yaho hari ubusitani, maze Yezu n’abigishwa be babujyamo. 2 Yuda wari ugiye kumugambanira yari azi…

Yh 19

1 Ni bwo Pilato ategetse ko bafata Yezu ngo bamukubite. 2 Nuko abasirikari bazingazinga ikamba ry’amahwa barimutamiriza ku mutwe, bamwambika n’umwitero w’umutuku wijimye 3 bakamwegera bati: “Urakarama Mwami w’Abayahudi”, bakamukubita…

Yh 20

Kuzuka kwa Yezu 1 Ku cyumweru ari wo munsi wa mbere, Mariya w’i Magadala aza ku mva bwenda gucya, abona ibuye ryavanywe ku mva. 2 Nuko ariruka asanga Simoni Petero…