Yobu 1
Satani yemererwa kugerageza Yobu 1 Mu gihugu cya Usihari hatuye umugabo witwaga Yobu. Yari intungane n’umunyamurava, akubaha Imana kandi akirinda gukora ibibi. 2 Yari yarabyaye abahungu barindwi n’abakobwa batatu. 3…
Satani yemererwa kugerageza Yobu 1 Mu gihugu cya Usihari hatuye umugabo witwaga Yobu. Yari intungane n’umunyamurava, akubaha Imana kandi akirinda gukora ibibi. 2 Yari yarabyaye abahungu barindwi n’abakobwa batatu. 3…
Satani yongera kugerageza Yobu 1 Umunsi umwe abana b’Imana bagiye gushengerera Uhoraho, maze Satani ajyana na bo. 2 Uhoraho abaza Satani ati: “Uturutse he?” Satani aramusubiza ati: “Mvuye kuzerera ku…
Yobu yivovota 1 Nyuma y’ibyo Yobu afata ijambo, avuma umunsi yavutseho, 2 aravuga ati: 3 “Nihavumwe umunsi navutseho, nihavumwe n’ijoro ryavuze riti: ‘Hasamwe inda y’umuhungu.’ 4 Uwo munsi uragacura umwijima,…
Ijambo rya Elifazi 1 Nuko Elifazi w’Umutemani abwira Yobu ati: 2 “Mbese ningira icyo nkubwira urabyihanganira? None se ni nde wabasha kwifata ntavuge? 3 Dore wigishije abantu benshi, wakomeje kandi…
1 “Hamagara urebe niba hari ukwitaba. Ese hari uwo mu baziranenge watakambira? 2 Koko umupfapfa yicwa n’agahinda, naho ikigoryi cyicwa n’ishyari. 3 Niboneye umupfapfa uguwe neza, inzu ye nayivumye nta…
Yobu yinubira incuti ze 1 Nuko Yobu arasubiza ati: 2 “Iyaba umubabaro wanjye wapimwaga, iyaba amakuba yanjye yashyirwaga ku munzani, 3 byarusha uburemere umusenyi wo ku nyanja, ni cyo gituma…
Yobu yinubira Imana 1 “Ku isi umuntu agira umurimo uruhije, imibereho ye ya buri munsi ni nk’iy’umucancuro. 2 Ni nk’iy’inkoreragahato ishaka amafu, ni nk’iy’umugaragu ushaka igihembo. 3 Ni ko nanjye…
Biludadi aravuga ko amakosa azagira ingaruka 1 Biludadi w’Umushuwa asubiza Yobu ati: 2 “Uzageza he kuvuga bene ibyo? Uzageza he kuvuga amagambo ameze nk’inkubi y’umuyaga? 3 Mbese Imana yahindura ubutabera?…
Yobu aravuga ko Imana imurusha amaboko 1 Nuko Yobu aramusubiza ati: 2 “Mu by’ukuri nzi ko ari ko biri. Mbese umuntu yashobora ate kuba intungane imbere y’Imana? 3 Iyo umuntu…
Yobu yibwira ko Imana yamuremeye kumurimbura 1 “Ubuzima bwanjye ndabuzinutswe, nzavuga ntishisha ingorane zanjye, nzagaragaza ishavu mfite ku mutima. 2 Ndabwira Imana nti: ‘Ntuncire ho iteka’, ndayibwira nti: ‘Menyesha impamvu…