Yobu 21

Yobu yibwira ko abagome ari bo bahirwa 1 Nuko Yobu arabasubiza ati: 2 “Nimutege amatwi mwite ku byo mvuga, ni ryo humure ryonyine mbatezeho. 3 Munyihanganire ntimunce mu ijambo, nindangiza…

Yobu 22

Elifazi aravuga ko Yobu ari umunyabyaha 1 Nuko Elifazi w’Umutemani aravuga ati: 2 “Mbese umuntu yaba ingirakamaro ku Mana? Ese ubundi umunyabwenge yigirira akamaro? 3 Mbese iyo ubaye intungane Nyirububasha…

Yobu 23

Yobu aravuga ko Imana itamwumva 1 Yobu arabasubiza ati: 2 “Na n’ubu ndacyivovotera Imana, amaganya yanjye singishoboye kuyiyumanganya. 3 Iyaba nari nzi aho nabona Imana! Iyaba nabashaga kugera aho ituye!…

Yobu 24

Yobu avuga ko abagome bishyira bakizana 1 “Kuki Imana Nyirububasha itagena igihe cy’urubanza? Kuki abayoboke bayo batamenya uwo munsi? 2 Dore hariho abimura imbago z’amasambu yabo, hariho n’abaragiye amatungo bashimuse….

Yobu 25

Biludadi aravuga iby’ububasha bw’Imana ku byaremwe byose 1 Nuko Biludadi w’Umushuwa aravuga ati: 2 “Imana ni yo nyir’ububasha n’igitinyiro, ni yo ituma amahoro aganza mu ijuru. 3 Ni nde wabasha…

Yobu 26

Yobu aravuga ko inama z’incuti ze nta cyo zimumariye 1 Nuko Yobu arabasubiza ati: 2 “Mbega ngo uratera inkunga umunyantegenke! Mbega ngo uragoboka utishoboye! 3 Mbega ngo uragira inama ikiburabwenge!…

Yobu 27

Yobu yongera kuvuga ko ari umwere 1 Nuko Yobu yongera gufata ijambo aravuga ati: 2 “Ndahiye Imana yanze kundenganura, ndahiye Nyirububasha unshavuza, 3 igihe cyose ngihumeka, igihe cyose Imana ikimpaye…

Yobu 28

Amayobera y’ubwenge 1 “Ifeza igira aho icukurwa, izahabu na yo igira aho itunganyirizwa. 2 Ubutare bucukurwa mu butaka, ibuye rishongeshejwe rivamo umuringa. 3 Mu binombe byijimye abacukuzi bajyanamo amatara, baracukura…

Yobu 29

Yobu yibutsa ibihe byiza yahoranye 1 Yobu akomeza kuvuga ati: Yobu 2 “Icyampa ngasubirana imibereho nigeze, icyampa ngasubirana cya gihe Imana yari ikinyitayeho. 3 Icyo gihe urumuri rwayo rwandasiragaho, umucyo…

Yobu 30

Yobu aravuga uko amerewe 1 “Nyamara ubu abato kuri jye bangize urw’amenyo, ba bandi nabonaga ba se ari nk’imbwa zirinda umukumbi wanjye. 2 Erega n’ubundi nta cyo bari kumarira, nta…