Yobu 31
Ijambo rya nyuma rya Yobu 1 “Niyemeje kutarangamira inkumi, nabyiyemeje mbikuye ku mutima. 2 Ni ayahe maherezo abantu bagenerwa n’Imana? Ni uwuhe munani mu ijuru duteze kuri Nyirububasha? 3 Abagome…
Ijambo rya nyuma rya Yobu 1 “Niyemeje kutarangamira inkumi, nabyiyemeje mbikuye ku mutima. 2 Ni ayahe maherezo abantu bagenerwa n’Imana? Ni uwuhe munani mu ijuru duteze kuri Nyirububasha? 3 Abagome…
Elihu yivanga mu mpaka za Yobu 1 Abo bagabo batatu barekera aho kuvugana na Yobu kuko yiyitaga intungane. 2 Nuko ibyo birakaza cyane Elihu mwene Barakeli ukomoka i Buzi, wo…
Elihu aravuga ko Imana iburira umuntu 1 “Yobu, tega amatwi wumve icyo nkubwira, tega amatwi wumve amagambo yanjye. 2 Dore niteguye kuvuga ibyo ntekereza, ururimi rwanjye nirugobodoke ruvuge. 3 Ndavuga…
Elihu ashinja Yobu 1 Elihu arakomeza ati: 2 “Mwa banyabwenge mwe, nimwumve ibyo mbabwira, mwa bahanga mwe, nimubyiteho. 3 Koko ugutwi gusesengura amagambo, kuyasesengura nk’uko akanwa karobanura ibyokurya. 4 Nimureke…
Elihu ahamya ko Yobu avuga amahomvu 1 Elihu arakomeza ati: 2 “Yobu, uravuga uti: ‘Ku Mana ndi intungane’, nyamara ntiwibwire ko ibyo ari ukuri. 3 Dore uravuga uti: ‘Kuba ntarakoze…
Elihu agaragaza uko Imana yigisha abantu 1 Elihu akomeza agira ati: 2 “Ba wihanganye gato ngusobanurire, ndacyafite ibyo nkubwira ku byerekeye Imana. 3 Nzakoresha ubwenge bwanjye bwose, nzerekana ko Umuremyi…
1 “Ibyo bituma umutima wanjye udiha, uransimbuka ukenda kuva mu gitereko. 2 Nimwumve ijwi ry’Imana ngo rirahinda, nimwumve urwamo rwayo. 3 Yohereza imirabyo yayo igakwira ikirere, umucyo wayo ukwira isi…
Uwiteka asubiza Yobu 1 Nuko Uhoraho avuganira na Yobu mu nkubi y’umuyaga, aramubaza ati: 2 “Uri muntu ki uhinyura imigambi yanjye? Ni kuki uyihinyura uvuga amahomvu? 3 Noneho kenyera kigabo…
1 “Mbese uzi igihe ihene z’agasozi zibyarira? Waba se waragenzuye igihe imparakazi zibyarira? 2 Mbese wabaze amezi zimara zihaka, bityo ngo umenye igihe zibyarira? 3 Zica bugufi zikabyara, zibyara icyo…
Yobu yongera gusubiza 1 Uhoraho abwira Yobu ati: 2 “Wowe Yobu, ugisha impaka Imana Nyirububasha, ubwo umburanya ngaho nshinja.” 3 Nuko Yobu asubiza Uhoraho ati: 4 “Dore nta cyo ndi…