Zab 101

Intego umwami yiyemeje 1 Zaburi ya Dawidi. Reka ndirimbe ineza n’ubutabera, Uhoraho, abe ari wowe ncurangira. 2 Dore jye nzihatira kuba indakemwa wowe se uzaza aho ndi ryari? Iwanjye na…

Zab 102

Isengesho ry’umunyamibabaro 1 Isengesho ry’umunyamibabaro waguye agacuho akaganyira Uhoraho. 2 Uhoraho, umva iri sengesho ryanjye, ugutabaza kwanjye kukugereho. 3 Ningira amakuba ntukampunze amaso, ujye untega amatwi, igihe ngutabaje wihutire kuntabara….

Zab 103

Urukundo rw’Uhoraho 1 Zaburi ya Dawidi. Reka nsingize Uhoraho, nsingize Uhoraho Muziranenge mbikuye ku mutima. 2 Koko reka nsingize Uhoraho, ne kwibagirwa icyiza na kimwe yakoze. 3 Ni we umbabarira…

Zab 104

Gusingiza Uhoraho Umuremyi 1 Reka nsingize Uhoraho. Uhoraho Mana yanjye, urakomeye cyane, wambaye ikuzo n’ubuhangange, 2 wambaye umucyonk’umwitero. Wahanitse ijuru nk’ubamba ihema. 3 Inkingi z’Ingoro yawe wazishinze mu mazi yo…

Zab 105

Igisingizo cy’Uhoraho Nyirububasha 1 Nimushimire Uhoraho mumwambaze, nimwamamaze mu mahanga ibyo yakoze bitangaje. 2 Nimumuririmbire mumucurangire, nimwamamaze ibitangaza byose yakoze. 3 Nimwirate ko Uhoraho ari Umuziranenge, mwa bamwambaza mwe, nimwishime….

Zab 106

Ubuhemu bw’Abisiraheli 1 Haleluya! Nimushimire Uhoraho kuko agira neza, koko imbabazi ze zihoraho iteka ryose. 2 Nta wabasha kurondora ibigwi by’Uhoraho ngo abiheze, nta n’uwabasha kumutaka ibisingizo bimukwiye. 3 Hahirwa…

Zab 107

Gushimira Uhoraho Umucunguzi 1 Nimushimire Uhoraho kuko agira neza, koko imbabazi ze zihoraho iteka ryose. 2 Abacunguwe n’Uhoraho nibabivuge, yarabacunguye abakiza umwanzi, 3 yarabatarurukanyije abavana mu bihugu by’iburasirazuba n’iby’iburengerazuba, yabavanye…

Zab 108

Indirimbo y’umuntu wiringiye Imana 1 Iyi ndirimbo ni zaburi ya Dawidi. 2 Mana, ndabyiyemeje, ngiye kukuririmba ngucurangire mbikuye ku mutima. 3 Reka negure inanga nyamuduri n’inanga y’indoha, reka ngucurangire umuseke…

Zab 109

Utotezwa asaba Uhoraho kumutabara 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi. Ni iya Dawidi. Mana ni wowe nsingiza wikwicecekera! 2 Dore abagome n’abanyabinyoma baransebya, baramvuga amagambo bambeshyera. 3 Banturutse impande zose bamvuga amagambo…

Zab 110

Umwami n’umutambyi 1 Zaburi ya Dawidi. Uhoraho yabwiye umwami wanjye ati: “Icara ku ntebe ya cyami iburyo bwanjye, nanjye nzahindura abanzi bawe nk’akabaho ukandagizaho ibirenge.” 2 Uhoraho nashimangire ingoma yawe,…