Zab 61

Isengesho ry’uwisunze Imana 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi, iririmbwa hacurangwa umurya w’inanga. Ni zaburi ya Dawidi. 2 Mana ndagutakiye unyumve, wite ku masengesho yanjye. 3 Dore ndi iyo gihera kandi ndacogoye,…

Zab 62

Imana ni yo itanga ihumure 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi, ni iya Yedutuni ikaba n’iya Dawidi. 2 Ku Mana honyine ni ho mbona ihumure, ni yo nkesha agakiza, 3 ni yo…

Zab 63

Urukundo rw’Imana ruhebuje byose 1 Zaburi ya Dawidi. Yayihimbye igihe yari yarahungiye mu butayu bw’i Buyuda. 2 Mana, ni wowe Mana yanjye, ni wowe wenyine nshaka cyane, ndakwifuza ngufitiye inyota…

Zab 64

Imana ihana abavuga abandi nabi 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi, ni zaburi ya Dawidi. 2 Mana, wumve amaganya yanjye, unkize umwanzi untera ubwoba. 3 Undinde abagome bangambanira, undinde n’agatsiko k’abagizi ba…

Zab 65

Imana ni yo itanga umusaruro utubutse 1 Indirimbo y’umuyobozi w’abaririmbyi, ni zaburi ya Dawidi. 2 Mana, ukwiye gusingizwa muri Siyoni, ukwiye guhigurwa imihigo wahigiwe. 3 Wita ku masengesho y’abakwambaza, ni…

Zab 66

Ibisingizo by’Imana igenga byose 1 Iyi ndirimbo ni zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi. Mwa batuye ku isi mwese mwe, nimuvugirize Imana impundu. 2 Nimuririmbe ikuzo ryayo, nimuyisingize muyiheshe n’ikuzo. 3 Mubwire Imana…

Zab 67

Amoko yose nasingize Imana 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi, ni indirimbo iririmbwa hacurangwa umurya w’inanga. 2 Mana, utugirire imbabazi uduhe umugisha, uturebane impuhwe. Kuruhuka. 3 Abo ku isi yose bamenye ibyo…

Zab 68

Igisingizo cyo gusanganira Imana 1 Indirimbo y’umuyobozi w’abaririmbyi, ni zaburiya Dawidi. 2 Imana nihaguruke, abanzi bayo nibakwire imishwaro, abo bayanga nibayihunge! 3 Nk’uko umwotsi uyoyoka, abe ari ko Imana ibatatanya,…

Zab 69

Isengesho ry’umuntu utotezwa 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi, iririmbwa hacurangwa umurya w’inanga witwa “Indabyo z’amarebe”. Ni zaburi ya Dawidi. 2 Mana ntabara, dore meze nk’ugiye kurohama! 3 Nasaye mu isayo ndende,…

Zab 70

Isengesho ryo gutabaza Imana 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi, yahimbiwe kuba urwibutso. Ni iya Dawidi. 2 Mana, ngwino unkize! Uhoraho, tebuka untabare! 3 Abashaka kungomwa ubugingo nibamware bakorwe n’isoni. Abanyifuriza ibyago…