Intang 49
Yakobo abwira abahungu be ibizababaho 1 Yakobo ahamagaza abahungu be, arababwira ati: “Nimuterane mbabwire ibizababaho mu bihe bizaza. 2 Bana ba Yakobo, nimuterane mwumve, nimutege amatwi so Isiraheli. 3 “Rubeni…
Yakobo abwira abahungu be ibizababaho 1 Yakobo ahamagaza abahungu be, arababwira ati: “Nimuterane mbabwire ibizababaho mu bihe bizaza. 2 Bana ba Yakobo, nimuterane mwumve, nimutege amatwi so Isiraheli. 3 “Rubeni…
Ihambwa rya Yakobo 1 Yozefu yubama kuri se, amuririraho aramusoma. 2 Nuko ategeka abavuzi be kosa umurambo wa se Yakobo, barawosa 3 iminsi mirongo ine kuko ari cyo gihe kosa…
Imana irema ijuru n’isi 1 Mu ntangiriro Imana yaremye ijuru n’isi. 2 Isi nta shusho yari ifite kandi nta cyari kiyiriho: yari imeze nk’inyanja kandi icuze umwijima. Umwuka w’Imana wari…
1 Ijuru n’isi n’ibibirimo byose bisozwa bityo. 2 Ku munsi wa karindwi Imana yari yashoje uwo murimo, uwo munsi iruhuka imirimo yose yari yakoze. 3 Imana iha umugisha umunsi wa…
Adamu na Eva bagomera Imana 1 Inzoka yari incakura kurusha izindi nyamaswa zose Uhoraho Imana yari yararemye. Inzoka ibaza umugore iti: “Mbese koko Imana yababujije kurya ku mbuto zose z’ibiti…
Kayini na Abeli 1 Adamu aryamana n’umugore we Eva amutera inda, abyara umuhungu amwita Kayini, avuga ati: “Mbyaye umwana mbikesha Uhoraho.” 2 Eva abyara undi muhungu amwita Abeli. Abeli aba…
Adamu n’urubyaro rwe kugeza kuri Nowa 1 Iyi ni inyandiko ivuga ku bakomoka kuri Adamu. Igihe Imana yaremaga umuntu, yamuremye asa na yo. 2 Umugabo n’umugore ni ko yabaremye, icyo…
Abantu bakabya ubugome 1 Abantu batangiye kuba benshi ku isi, bamaze no kubyara abakobwa, 2 abahungu b’Imanababengukwa abakobwa b’abantu, babashakamo abageni. 3 Uhoraho ni ko kuvuga ati: “Umwuka w’ubugingo ntuzaguma…
Nowa yinjira mu bwato 1 Uhoraho abwira Nowa ati: “Injira mu bwato wowe n’ab’inzu yawe bose, kuko ari wowe gusa mbona utunganye mu bantu b’iki gihe. 2 Mu nyamaswa n’amatungo…
Uko umwuzure warangiye 1 Imana ntiyibagiwe Nowa n’inyamaswa zose n’amatungo yose bari kumwe mu bwato, ituma umuyaga uhuha ku isi, amazi atangira kugabanuka. 2 Nuko amasōko yose araziba, n’ibigomera amazi…