2 Mak 13
Antiyokusi yicisha Menelasi 1 Mu mwaka wa 149,Yuda na bagenzi be bamenya ko Antiyokusi Ewupatori aje gutera u Buyuda ari kumwe n’igitero kinini. 2 Umwami yari aherekejwe na Liziya, Minisitiri…
Antiyokusi yicisha Menelasi 1 Mu mwaka wa 149,Yuda na bagenzi be bamenya ko Antiyokusi Ewupatori aje gutera u Buyuda ari kumwe n’igitero kinini. 2 Umwami yari aherekejwe na Liziya, Minisitiri…
Alikimu Umutambyi mukuru agambanira Yuda Makabe 1 Hashize imyaka itatu, Yuda na bagenzi be bamenya ko Demeteriyomwene Selewukusi yageze ku cyambu cya Tiripoli, afite amato menshi kandi ari kumwe n’igitero…
Nikanori yanga kubahiriza isabato 1 Nikanori amenya ko Yuda n’abantu be bari mu karere ka Samariya, yiyemeza kubatera ku munsi w’isabato nta cyo yishisha. 2 Nuko Abayahudi yari yahatiye gukurikira…
Ibisekuruza bya Yezu 1 Dore uko ibisekuruza bya Yezu Kristo ukomoka kuri Dawidi no kuri Aburahamu bikurikirana: 2 Aburahamu yabyaye Izaki, Izaki abyara Yakobo, Yakobo abyara Yuda n’abavandimwe be. 3…
Abahanga mu by’inyenyeri baza kuramya Yezu 1 Yezu amaze kuvukira i Betelehemu mu ntara ya Yudeya ku ngoma y’Umwami Herodi, haza abahanga mu by’inyenyeri baturutse iburasirazuba bagera i Yeruzalemu. 2…
Yohani Mubatiza yigisha kandi abatiza 1 Icyo giheYohani Mubatiza atunguka mu butayu bwo muri Yudeyaatangaza ati: 2 “Nimwihane kuko ubwami bw’ijuru bwegereje!” 3 Yohani uwo ni we wari waravuzwe n’umuhanuzi…
Yezu ageragezwa na Satani 1 Nuko Yezu ajyanwa na Mwuka w’Imana mu butayu, kugira ngo ahageragerezwe na Satani. 2 Ahamara iminsi mirongo ine n’amajoro mirongo ine yigomwa kurya, hanyuma arasonza….
1 Yezu abonye ya mbaga y’abantu benshi azamuka umusozi, amaze kwicara abigishwa be baramwegera. Amahirwe nyayo 2 Atangira kubigisha agira ati: 3 “Hahirwa abafite imitima ikeneye Imana, kuko ubwami bw’ijuru…
Ibyerekeye gufasha abakene 1 “Ibikorwa byiza byanyu murajye mwirinda kubikorera imbere y’abantu kugira ngo babarebe, mutazivutsa ingororano ya So uri mu ijuru. 2 “Igihe uhaye umukene imfashanyo ntukabyamamaze nk’uko abantu…
Kutigira umucamanza w’abandi 1 “Ntimukihe gucira abandi imanza namwe mutazazicirwa, 2 kuko muzacirwa imanza ukurikije uko mwaziciriye abandi. Akebo mubagereramo ni ko namwe muzagererwamo. 3 Kuki ushishikazwa n’agatotsi kari mu…