Ibar 14

Abantu bati:nya kujya muri Kanāni 1 Abisiraheli barara basakuza barira, 2 bitotombera Musa na Aroni bati: “Ibi birutwa n’uko tuba twarapfiriye mu Misiri cyangwa muri ubu butayu! 3 Kuki Uhoraho…

Ibar 15

Amaturo aturanwa n’ibitambo bitwikwa 1 Uhoraho ategeka Musa 2 kubwira Abisiraheli ati: “Nimumara gutura mu gihugu ngiye kubaha, 3 muzantambire ibitambo bitwikwa, byaba ibikongorwa n’umuriro cyangwa ibyo guhigura umuhigo, cyangwa…

Ibar 16

Kōra na Datani na Abiramu bagoma 1 Umulevi witwa Kōramwene Yisehari wo mu nzu ya Kehati, yifatanyije n’Abarubeni batatu, ari bo Datani na Abiramu bene Eliyabu na Oni mwene Peleti….

Ibar 17

Ibyotezo bya Kōra na bagenzi be 1 Uhoraho abwira Musa ati: 2 “Tegeka Eleyazari mwene Aroni umutambyi, akure ibyotezo byabo mu muyonga, amakara yo muri byo ayamene inyuma y’inkambi. Ibyo…

Ibar 18

Inshingano z’abatambyi n’Abalevi 1 Uhoraho abwira Aroni ati: “Wowe n’abahungu bawe n’abandi Balevi bose, muzahanirwa ibyaha byerekeye Ihema ry’ibonaniro, naho ibyaha byerekeye umurimo w’ubutambyi, ni wowe n’abahungu bawe mwenyine muzabihanirwa….

Ibar 19

Ivu ry’inka y’ibihogo 1 Uhoraho ategeka Musa na Aroni 2 guha Abisiraheli aya mategeko agira ati: “Nimubabwire babazanire inka y’ibihogo idafite inenge kandi itarigeze ikoreshwa imirimo. 3 Muyihe umutambyi Eleyazari…

Ibar 20

Ibyabereye i Kadeshi 1 Mu kwezi kwa mbereAbisiraheli bose bagera mu butayu bwa Tsini, bashinga amahema i Kadeshi. Aho ni ho Miriyamu yaguye barahamuhamba. 2 Abantu babura amazi bagomera Musa…

Ibar 21

Abisiraheli batsinda Abanyakanāni ba Aradi 1 Umwami wa Aradi iri mu majyepfo ya Kanāni, yumvise ko Abisiraheli bari mu nzira ituruka Atarimu, agaba igitero cyo kubarwanya, bamwe muri bo abajyana…

Ibar 22

Umwami wa Mowabu atumira Balāmu 1 Abisiraheli barakomeza baragenda, bashinga amahema mu kibaya cya Mowabu, iburasirazuba bw’uruzi rwa Yorodani, ahateganye n’i Yeriko. 2 Umwami wa Mowabu witwaga Balaki mwene Sipori,…

Ibar 23

1 Balāmu abwira Balaki kumwubakishiriza aho hantu intambiro ndwi, no kumushakira ibimasa birindwi n’amapfizi y’intama arindwi. 2 Balaki abigenza nk’uko Balāmu abivuze. Balāmu na Balaki batambira kuri buri rutambiro ikimasa…