Yak 3

Kugenga ururimi 1 Bavandimwe, si benshi muri mwe mugomba kuba abigisha. Muzi yuko twebwe abigisha tuzacirwa urubanza ruruta urw’abandi. 2 Twese dufudika mu buryo bwinshi. Udafudika mu byo avuga aba…

Yak 4

Kudakunda iby’isi 1 Mbese izo ntambara n’amahane biri muri mwe bikomoka he? Aho ntibikomoka ku byo murarikira birwanira mu mibiri yanyu? 2 Mwifuza ikintu mwakibura mukica. Muhirimbanira ikintu, mutashobora kukigeraho…

Yak 5

Kuburira abakire 1 Mwa bakire mwe, muguweho! Nimurire muboroge kuko mugiye kugira ibyago. 2 Ubukungu bwanyu bwaraboze n’imyambaro yanyu yariwe n’inyenzi. 3 Izahabu n’ifeza mwabitse byaguye ingese, ingese yabyo ni…

1 Pet 1

Indamutso 1 Jyewe Petero Intumwa ya Yezu Kristo, ndabandikiye mwebwe abo Imana yitoranyirije, mu basuhuke batataniyemu ntara za Ponto na Galati, na Kapadokiya na Aziya na Bitiniya. 2 Imana Data…

1 Pet 2

Ibuye rizima n’abantu Imana yagize abayo 1 Nuko rero nimwivaneho icyitwa ubugizi bwa nabi n’uburiganya bwose, uburyarya n’ishyari n’ugusebanya kose. 2 Nk’uko uruhinja rukenera konka, abe ari ko namwe mwifuza…

1 Pet 3

Imibanire y’abashakanye 1 Namwe bagore, buri wese yemere kugengwa n’umugabo we, kugira ngo nubwo bamwe baba batemera Ijambo rya Nyagasani, baryemezwe n’imyifatire yanyu mutiriwe mugira icyo muvuga. 2 Bazareba gusa…

1 Pet 4

Guhindurwa mushya 1 Ubwo Kristo yababajwe mu mubiri, namwe mugire ayo matwara ye muyitwaze nk’intwaro. Umaze kubabazwa mu mubiri aba atandukanye n’ibyaha. 2 Bityo igihe mushigaje kubaho mureke gukurikiza ibyo…

1 Pet 5

Kuragira intama z’Imana 1 Abakuru b’itorero rya Kristo bo muri mwe ndabihanangiriza. Nanjye ndi umukuru hamwe namwe, ndi n’umwe mu bagabo bo guhamya ukuntu Kristo yababajwe agapfa, kandi nagenewe kuzahabwa…

2 Pet 1

Indamutso 1 Jyewe Simoni Petero umugaragu wa Yezu Kristo n’Intumwa ye, ndabandikiye mwebwe mwahawe kumwizera gufite agaciro kamwe n’ukwacu, mubikesha ubutabera bw’Imana yacu na Yezu Kristo Umukiza. 2 Imana nibagirire…

2 Pet 2

Abigishabinyoma 1 Ariko nk’uko abahanurabinyoma badutse kera muri rubanda, ni ko n’abigishabinyoma bazaduka muri mwe. Bazisuka muri mwe rwihishwa bakwize inyigisho ziyobya kandi zisenya, ndetse bazihakana Umugenga wabo wabacunguye, maze…