Ibyah 2
Ubutumwa bugenewe itorero ry’Imana ryo muri Efezi 1 “Andikira umumarayika ushinzwe itorero ry’Imana ryo muri Efezi uti: ‘Ufashe inyenyeri ndwi mu kuboko kw’iburyo, akanagendera hagati y’amatara arindwi y’izahabu aravuze ngo:…
Ubutumwa bugenewe itorero ry’Imana ryo muri Efezi 1 “Andikira umumarayika ushinzwe itorero ry’Imana ryo muri Efezi uti: ‘Ufashe inyenyeri ndwi mu kuboko kw’iburyo, akanagendera hagati y’amatara arindwi y’izahabu aravuze ngo:…
Mu ijuru baramya Imana 1 Hanyuma ngira ntya mbona mu ijuru urugi rukinguye. Uwo nari numvise bwa mbere ijwi rye ryarangiraga nk’iry’impanda, arambwira ati: “Zamuka uze hano nkwereke ibigiye gukurikiraho.”…
Umwana w’intama n’umuzingo w’igitabo 1 Nuko mbona umuzingo w’igitabo mu kiganza cy’iburyo cy’Iyicaye kuri ya ntebe ya cyami. Wari wanditswe imbere n’inyuma, kandi ufungishijwe ibimenyetsobirindwi. 2 Mbona n’umumarayika w’igihangange, warangururaga…
Ibimenyetso bivanwaho 1 Hanyuma, mbona Umwana w’intama avanyeho kimwe muri bya bimenyetso bifunze wa muzingo w’igitabo, maze numva icya mbere muri bya binyabuzima bine kivuga cyane nk’inkuba ihinda, kigira kiti:…
Abisiraheli ibihumbi ijana na mirongo ine na bine batoranyijwe 1 Hanyuma mbona abamarayika bane bahagaze mu mpande enye z’isi. Bari bafashe imiyaga ine ihaturuka, kugira ngo hatagira n’umwe muri yo…
Ikimenyetso cya karindwi kivanwaho 1 Igihe Umwana w’intama avanyeho ikimenyetso cya karindwi cyari gifunze wa muzingo w’igitabo, numva mu ijuru ngo cee! Bimara nk’igice cy’isaha. 2 Nuko mbona abamarayika barindwi…
1 Hanyuma umumarayika wa gatanu avuza impanda, mbona inyenyeri ihanutse ku ijuru igwa ku isi, ihabwa urufunguzo rufungura ikuzimu. 2 Imaze kuhafungura havamo umwotsi umeze nk’uw’itanura rinini cyane. Izuba n’ikirere…
Umumarayika wari ufite agatabo 1 Nuko mbona undi mumarayika ukomeye amanuka ava mu ijuru. Yari yambaye igicu ho umwenda, kandi umutwe we uzengurutswe n’umukororombya. Mu maso he harabagiranaga nk’izuba, naho…
Abahamya babiri 1 Nyuma mpabwa ikibingo cyo gupimisha, barambwira ngo: “Haguruka ufate ingero z’Ingoro y’Imana n’iz’urutambiro rwayo, kandi ubarure n’abayisengeramo. 2 Icyakora ntufate ingero z’ikigo kizengurutse Ingoro, kuko cyo cyagizwe…
Umugore n’ikiyoka 1 Hanyuma mu ijuru haboneka ikimenyetso gikomeye. Yari umugore wambaye izuba, ushinze ibirenge ku kwezi, kandi mu mutwe akaba yambaye ikamba rigizwe n’inyenyeri cumi n’ebyiri. 2 Yari ku…