Ibyah 13
Ibikōko bibiri 1 Nyuma mbona igikōko giturumbutse mu nyanja. Cyari gifite imitwe irindwi n’amahembe icumi. Buri hembe ryari ritamirijeho ikamba, naho kuri buri mutwe handitswe izina rituka Imana. 2 Icyo…
Ibikōko bibiri 1 Nyuma mbona igikōko giturumbutse mu nyanja. Cyari gifite imitwe irindwi n’amahembe icumi. Buri hembe ryari ritamirijeho ikamba, naho kuri buri mutwe handitswe izina rituka Imana. 2 Icyo…
Indirimbo y’abacunguwe 1 Hanyuma ngira ntya mbona Umwana w’intama ahagaze ku musozi wa Siyoni.Yari kumwe n’abantu ibihumbi ijana na mirongo ine na bine, buri wese uruhanga rwe rwanditsweho izina ry’uwo…
Abamarayika n’ibyago birindwi biheruka 1 Nyuma mbona mu ijuru ikindi kimenyetso gikomeye kandi gitangaje: ni abamarayika barindwi bacigatiye ibyago birindwi by’imperuka, ari ibyo Imana yarangirijemo uburakari bwayo. 2 Nuko mbona…
Inzabya zuzuye umujinya w’Imana 1 Hanyuma numva ijwi rikaze ry’uvugira cyane mu Ngoro y’Imana, abwira ba bamarayika barindwi ati: “Nimugende musuke ku isi za nzabya ndwi zuzuye uburakari bw’Imana.” 2…
Indaya kabuhariwe 1 Hanyuma umwe mu bamarayika barindwi bari bafashe za nzabya ndwi araza arambwira ati: “Ngwino nkwereke igihano giteganyirijwe indaya kabuhariwe, ari yo wa mujyi w’icyatwa wubatswe ku nkombe…
Babiloni isenyuka 1 Hanyuma mbona undi mumarayika amanutse ava mu ijuru. Aza afite ubushobozi burambuye, isi yose imurikirwa n’ikuzo rye. 2 Nuko arangurura ijwi cyane agira ati: “Babiloni irasenyutse! Irasenyutse…
1 Nyuma y’ibyo mu ijuru numva urusaku rw’imbaga nyamwinshi y’abantu bavuga cyane bati: “Haleluya! Agakiza n’ikuzo n’ububasha ni iby’Imana yacu. 2 Imanza ica ni iz’ukuri n’ubutabera. Yaruciriye ya ndaya kabuhariwe…
Imyaka igihumbi 1 Nuko mbona umumarayika amanuka ava mu ijuru, yari afashe mu ntoki umunyururu munini n’urufunguzo rw’ikuzimu. 2 Agira atya asumira cya kiyoka, ari cyo ya nzoka ya kera…
Ijuru rishya n’isi nshya 1 Hanyuma mbona ijuru rishya n’isi nshya. Ijuru rya mbere n’isi ya mbere byari byavuyeho, nta n’inyanja yari ikiriho. 2 Nuko mbona umurwa w’Imana ari wo…
1 Hanyuma umumarayika anyereka uruzi rw’amazi y’ubugingo, abengerana nk’isarabwayi. Urwo ruzi rwavaga kuri ya ntebe ya cyami y’Imana n’Umwana w’intama, 2 rugatemba hagati mu muhanda mugari w’umurwa. Ku nkombe zombi…