1 Bami 20

Umwami wa Siriya agota Samariya 1 Umwami wa Siriya Benihadadi akoranya ingabo ze ari kumwe n’abami mirongo itatu na babiri, hamwe n’amafarasi n’amagare y’intambara, atera umujyi wa Samariya arawugota. 2…

1 Bami 21

Umwami Ahabu yicisha Naboti 1 Uwitwa Naboti yari afite umurima w’imizabibu i Yizerēli, hafi y’ingoro y’Umwami Ahabu wategekeraga i Samariya. 2 Igihe kimwe Ahabu abwira Naboti ati: “Dore umurima wawe…

1 Bami 22

Ahabu ashaka kwigarurira Ramoti y’i Gileyadi 1 Nuko hashira imyaka itatu nta ntambara ibaye hagati ya Siriya na Isiraheli. 2 Mu mwaka wa gatatu, Yozafati umwami w’u Buyuda ajya kwa…

2 Bami 1

Eliya atangaza urupfu rwa Ahaziya 1 Umwami Ahabu amaze gupfa, Abamowabu bigometse ku butegetsi bwa Isiraheli. 2 Igihe kimwe Umwami Ahaziya ari i Samariya mu cyumba cye cy’igorofa yo hejuru,…

2 Bami 2

Eliya ajyanwa mu ijuru agasimburwa na Elisha 1 Igihe Uhoraho yari agiye gutwara Eliya muri serwakira kugira ngo amuzamure mu ijuru, dore uko byagenze: Eliya na Elisha bavuye i Gilugali…

2 Bami 3

Abamowabu bigomeka bagatsindwa 1 Yehoramu mwene Ahabu yabaye umwami wa Isiraheli mu mwaka wa cumi n’umunani Yozafati ari ku ngoma mu Buyuda. Yehoramu yamaze imyaka cumi n’ibiri ari ku ngoma…

2 Bami 4

Elisha agoboka umupfakazi 1 Igihe kimwe umugore w’umwe mu itsinda ry’abahanuzi, yabwiye Elisha aranguruye ati: “Nyakubahwa, uzi ko umugabo wanjye yubahaga Imana none yarapfuye. None dore uwamwishyuzaga yaje gufata abahungu…

2 Bami 5

Nāmani akira indwara z’uruhu zanduza 1 Umugaba w’ingabo z’umwami wa Siriya yitwaga Nāmani. Yari umuntu wemerwa na shebuja, ari umutoni kuri we. Koko yari intwari, ni we Uhoraho yakoreshaga agatuma…

2 Bami 6

Ishoka yarohamye ikarohorwa 1 Abagize itsinda ry’abahanuzi babwira Elisha bati: “Dore aha hantu udukoranyiriza ni hato. 2 Reka tujye kuri Yorodani, buri wese azane igiti maze twiyubakire aho tuzajya dukoranira.”…

2 Bami 7

1 Elisha aramusubiza ati: “Nimwumve ijambo ry’Uhoraho: aravuga ati: ‘Ejo magingo aya ku isoko rya Samariya, ibiro cumi na bibiri by’ifu cyangwa ibiro makumyabiri na bine by’ingano bizagurwa igikoroto kimwe…