1 Amateka 13

Dawidi ashaka kuzana Isanduku y’Isezerano i Yeruzalemu 1 Nuko Dawidi ajya inama n’abatware b’imitwe y’ingabo bayobora ingabo igihumbi, n’abayobora ingabo ijana hamwe n’abandi batware bose. 2 Nuko Dawidi abwira imbaga…

1 Amateka 14

Dawidi i Yeruzalemu 1 Hiramu umwami w’i Tiri yohereza intumwa kuri Dawidi zimushyiriye ibiti by’amasederi, amwoherereza n’abaconzi b’amabuye n’ababaji kugira ngo bubakire Dawidi ingoro. 2 Nuko Dawidi amenya ko Uhoraho…

1 Amateka 15

Dawidi yimurira Isanduku y’Isezerano i Yeruzalemu 1 Dawidi yiyubakira amazu mu Murwa wa Dawidi, ategura n’ahantu ho gushyira Isanduku y’Imana, ahashinga ihema ryo kuyishyiramo. 2 Nuko Dawidi aravuga ati: “Abalevi…

1 Amateka 16

1 Nuko binjiza Isanduku y’Imana mu ihema Dawidi yari yarayiteguriye, maze batambira Imana ibitambo bikongorwa n’umuriro n’iby’umusangiro. 2 Dawidi arangije gutamba ibyo bitambo, asabira abantu umugisha mu izina ry’Uhoraho. 3…

1 Amateka 17

Isezerano Imana yasezeranyije Dawidi n’urubyaro rwe 1 Umwami Dawidi amaze gutura mu ngoro ye, abwira umuhanuzi Natani ati: “Dore ntuye mu ngoro yubakishije amasederi, naho Isanduku y’Isezerano ry’Uhoraho iba mu…

1 Amateka 18

Dawidi atsinda ibihugu bimukikije 1 Nyuma y’ibyo Dawidi atsinda Abafilisiti arabacogoza, yigarurira umujyi: wa Gati n’imidugudu iwukikije arayibanyaga. 2 Dawidi atsinda n’Abamowabu baba abagaragu be, bakajya bamuha imisoro. 3 Atsindira…

1 Amateka 19

Dawidi atsinda Abamoni n’Abanyasiriya 1 Nyuma y’ibyo Nahashi umwami w’Abamoni arapfa, umuhungu we amusimbura ku ngoma. 2 Dawidi aravuga ati: “Nzagirira neza Hanuni mwene Nahashi, mwitūra ineza se yangiriye.” Nuko…

1 Amateka 20

Yowabu yigarurira umujyi: wa Raba 1 Mu ntangiriro z’umwaka wakurikiyeho, mu gihe abami bakundaga kujya ku rugamba, Yowabu atera igihugu cy’Abamoni arakiyogoza. Nuko agota Raba, ariko Dawidi we yigumira i…

1 Amateka 21

Dawidi abarura Abisiraheli bashobora kujya ku rugamba 1 Satani yashakaga guteza Abisiraheli ibyago, maze yoshya Dawidi kubabarura. 2 Dawidi abwira Yowabu n’abandi bagaba b’ingabo ati: “Nimujye kubarura Abisiraheli muhereye i…

1 Amateka 22

1 Nuko Dawidi aravuga ati: “Aha ni ho hazaba Ingoro y’Uhoraho Imana, uru ni rwo rutambiro Abisiraheli bazajya batambiraho ibitambo.” Dawidi yitegura kubaka Ingoro y’Imana 2 Dawidi ategeka ko bakoranya…