Est 5

Esiteri asanga umwami ikambere 1 Esiteri amaze iyo minsi itatu yigomwa kurya, yambara imyambaro ya cyamikazi ajya mu rugo ikambere arahahagarara. Umwami yari yicaye ku ntebe ya cyami, ahitegeye aho…

Est 6

Umwami ahesha Moridekayi icyubahiro 1 Muri iryo joro umwami ntiyabasha kugoheka, maze ahamagaza igitabo cy’amateka y’ibyo ku ngoma ye, barakimusomera. 2 Basanga ahanditse ko Moridekayi ari we watahuye umugambi wa…

Est 7

1 Umwami na Hamani basubira gutaramana n’Umwamikazi Esiteri 2 incuro ya kabiri. Bakiri mu gitaramo bica akanyota, umwami yongera kubaza Esiteri ati: “Mwamikazi Esiteri, ni iki wifuza ukagihabwa? Ni iki…

Est 8

Iteka ry’umwami rishyigikira Abayahudi 1 Uwo munsi Umwami Ahashuwerusi agabira Umwamikazi Esiteri ibyahoze ari ibya Hamani, umwanzi w’Abayahudi. Esiteri na we amenyesha umwami uko Moridekayi ari umubyeyi we. Nuko umwami…

Est 9

Abayahudi bahōra abanzi babo 1 Ku itariki ya cumi n’eshatu z’ukwezi kwa Adari, ni bwo itegekoteka n’amabwiriza by’umwami byagombaga kubahirizwa. Uwo munsi kandi abanzi b’Abayahudi biringiraga ko bagiye kubiganzura. Ahubwo…

Est 10

Umwanzuro 1 Umwami Ahashuwerusi ategeka ko abatuye mu birwa n’abatuye mu bihugu bagomba gusora. 2 Ibikorwa by’umwami byose bikomeye n’ububasha bwe, hamwe n’ubuhangange bwa Moridekayi n’uburyo umwami yamushyize mu rwego…

Yobu 1

Satani yemererwa kugerageza Yobu 1 Mu gihugu cya Usihari hatuye umugabo witwaga Yobu. Yari intungane n’umunyamurava, akubaha Imana kandi akirinda gukora ibibi. 2 Yari yarabyaye abahungu barindwi n’abakobwa batatu. 3…

Yobu 2

Satani yongera kugerageza Yobu 1 Umunsi umwe abana b’Imana bagiye gushengerera Uhoraho, maze Satani ajyana na bo. 2 Uhoraho abaza Satani ati: “Uturutse he?” Satani aramusubiza ati: “Mvuye kuzerera ku…

Yobu 3

Yobu yivovota 1 Nyuma y’ibyo Yobu afata ijambo, avuma umunsi yavutseho, 2 aravuga ati: 3 “Nihavumwe umunsi navutseho, nihavumwe n’ijoro ryavuze riti: ‘Hasamwe inda y’umuhungu.’ 4 Uwo munsi uragacura umwijima,…

Yobu 4

Ijambo rya Elifazi 1 Nuko Elifazi w’Umutemani abwira Yobu ati: 2 “Mbese ningira icyo nkubwira urabyihanganira? None se ni nde wabasha kwifata ntavuge? 3 Dore wigishije abantu benshi, wakomeje kandi…