Yobu 5

1 “Hamagara urebe niba hari ukwitaba. Ese hari uwo mu baziranenge watakambira? 2 Koko umupfapfa yicwa n’agahinda, naho ikigoryi cyicwa n’ishyari. 3 Niboneye umupfapfa uguwe neza, inzu ye nayivumye nta…

Yobu 6

Yobu yinubira incuti ze 1 Nuko Yobu arasubiza ati: 2 “Iyaba umubabaro wanjye wapimwaga, iyaba amakuba yanjye yashyirwaga ku munzani, 3 byarusha uburemere umusenyi wo ku nyanja, ni cyo gituma…

Yobu 7

Yobu yinubira Imana 1 “Ku isi umuntu agira umurimo uruhije, imibereho ye ya buri munsi ni nk’iy’umucancuro. 2 Ni nk’iy’inkoreragahato ishaka amafu, ni nk’iy’umugaragu ushaka igihembo. 3 Ni ko nanjye…

Yobu 8

Biludadi aravuga ko amakosa azagira ingaruka 1 Biludadi w’Umushuwa asubiza Yobu ati: 2 “Uzageza he kuvuga bene ibyo? Uzageza he kuvuga amagambo ameze nk’inkubi y’umuyaga? 3 Mbese Imana yahindura ubutabera?…

Yobu 9

Yobu aravuga ko Imana imurusha amaboko 1 Nuko Yobu aramusubiza ati: 2 “Mu by’ukuri nzi ko ari ko biri. Mbese umuntu yashobora ate kuba intungane imbere y’Imana? 3 Iyo umuntu…

Yobu 10

Yobu yibwira ko Imana yamuremeye kumurimbura 1 “Ubuzima bwanjye ndabuzinutswe, nzavuga ntishisha ingorane zanjye, nzagaragaza ishavu mfite ku mutima. 2 Ndabwira Imana nti: ‘Ntuncire ho iteka’, ndayibwira nti: ‘Menyesha impamvu…

Yobu 11

Sofari abwira Yobu kugarukira Imana 1 Nuko Sofari w’Umunāmati aravuga ati: 2 “Mbese nta wagira icyo avuga kuri ibyo bigambo byose? Erega kuvuga menshi si byo bigira umuntu intungane! 3…

Yobu 12

Yobu aravuga ko Imana ari inyagitugu 1 Nuko Yobu arabasubiza ati: 2 “Koko muri ijwi rya rubanda. Mbese nimupfa abanyabwenge bazabura kubaho? 3 Nanjye mfite ibitekerezo nkamwe, nta cyo mundusha….

Yobu 13

Yobu ashaka kuganira n’Imana 1 “Koko rero ibyo byose narabyiboneye, narabyiyumviye ubwanjye ndabisobanukirwa. 2 Ibyo muzi nanjye ndabizi, nta cyo mundusha. 3 Ndashaka kwivuganira n’Imana Nyirububasha, ndifuza kwiregura. 4 Mwebwe…

Yobu 14

Imibereho mibi y’umuntu 1 “Umuntu abyarwa n’umugore, amara iminsi mike yuzuyemo imibabaro. 2 Ameze nk’ururabyo rukura rugahita rwuma, ameze nk’igicucu cyamagira. 3 Mana, kuki uhoza ijisho ku muntu nkanjye? Kuki…