Yobu 25

Biludadi aravuga iby’ububasha bw’Imana ku byaremwe byose 1 Nuko Biludadi w’Umushuwa aravuga ati: 2 “Imana ni yo nyir’ububasha n’igitinyiro, ni yo ituma amahoro aganza mu ijuru. 3 Ni nde wabasha…

Yobu 26

Yobu aravuga ko inama z’incuti ze nta cyo zimumariye 1 Nuko Yobu arabasubiza ati: 2 “Mbega ngo uratera inkunga umunyantegenke! Mbega ngo uragoboka utishoboye! 3 Mbega ngo uragira inama ikiburabwenge!…

Yobu 27

Yobu yongera kuvuga ko ari umwere 1 Nuko Yobu yongera gufata ijambo aravuga ati: 2 “Ndahiye Imana yanze kundenganura, ndahiye Nyirububasha unshavuza, 3 igihe cyose ngihumeka, igihe cyose Imana ikimpaye…

Yobu 28

Amayobera y’ubwenge 1 “Ifeza igira aho icukurwa, izahabu na yo igira aho itunganyirizwa. 2 Ubutare bucukurwa mu butaka, ibuye rishongeshejwe rivamo umuringa. 3 Mu binombe byijimye abacukuzi bajyanamo amatara, baracukura…

Yobu 29

Yobu yibutsa ibihe byiza yahoranye 1 Yobu akomeza kuvuga ati: Yobu 2 “Icyampa ngasubirana imibereho nigeze, icyampa ngasubirana cya gihe Imana yari ikinyitayeho. 3 Icyo gihe urumuri rwayo rwandasiragaho, umucyo…

Yobu 30

Yobu aravuga uko amerewe 1 “Nyamara ubu abato kuri jye bangize urw’amenyo, ba bandi nabonaga ba se ari nk’imbwa zirinda umukumbi wanjye. 2 Erega n’ubundi nta cyo bari kumarira, nta…

Yobu 31

Ijambo rya nyuma rya Yobu 1 “Niyemeje kutarangamira inkumi, nabyiyemeje mbikuye ku mutima. 2 Ni ayahe maherezo abantu bagenerwa n’Imana? Ni uwuhe munani mu ijuru duteze kuri Nyirububasha? 3 Abagome…

Yobu 32

Elihu yivanga mu mpaka za Yobu 1 Abo bagabo batatu barekera aho kuvugana na Yobu kuko yiyitaga intungane. 2 Nuko ibyo birakaza cyane Elihu mwene Barakeli ukomoka i Buzi, wo…

Yobu 33

Elihu aravuga ko Imana iburira umuntu 1 “Yobu, tega amatwi wumve icyo nkubwira, tega amatwi wumve amagambo yanjye. 2 Dore niteguye kuvuga ibyo ntekereza, ururimi rwanjye nirugobodoke ruvuge. 3 Ndavuga…

Yobu 34

Elihu ashinja Yobu 1 Elihu arakomeza ati: 2 “Mwa banyabwenge mwe, nimwumve ibyo mbabwira, mwa bahanga mwe, nimubyiteho. 3 Koko ugutwi gusesengura amagambo, kuyasesengura nk’uko akanwa karobanura ibyokurya. 4 Nimureke…