Zab 3
Isengesho ry’umuntu wibasiwe n’abanzi 1 Zaburi ya Dawidi. Yayihimbye igihe yahungaga umuhungu we Abusalomu. 2 Uhoraho, erega abanzi banjye ni benshi! Benshi bahagurukiye kundwanya. 3 Benshi banyishima hejuru bati: “Imana…
Isengesho ry’umuntu wibasiwe n’abanzi 1 Zaburi ya Dawidi. Yayihimbye igihe yahungaga umuhungu we Abusalomu. 2 Uhoraho, erega abanzi banjye ni benshi! Benshi bahagurukiye kundwanya. 3 Benshi banyishima hejuru bati: “Imana…
Imana ni yo irenganura 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi, iririmbwa hacurangwa umurya w’inanga. Ni zaburi ya Dawidi. 2 Mana indenganura, ningutabaza ujye untabara. Ubwo nari mu makuba warangobotse, n’ubu ungirire impuhwe…
Isengesho ry’umuntu uri mu kaga 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi. Ni iya Dawidi, iririmbwa havuzwa umwironge. 2 Uhoraho, tega ugutwi wumve icyo nkubwira, utege ugutwi wite ku maganya yanjye! 3 Mwami…
Isengesho ry’umuntu ufite ishavu 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi, iririmbwa hacurangwa inanga y’imirya umunani. Ni zaburi ya Dawidi. 2 Uhoraho, nubwo undakariye ntuncireho iteka, umujinya ntugutere kumpana wihanukiriye. 3 Uhoraho, ndarabiranye…
Gusaba kurenganurwa 1 Zaburi ya Dawidi itabāza, yayiririmbiye Uhoraho kubera ibibi yagiriwe n’Umubenyamini witwa Kushi. 2 Uhoraho Mana yanjye, ni wowe mpungiyeho. Untabare unkize abantoteza bose, 3 ubankize batantanyagura nk’intare,…
Ikuzo ry’Imana n’icyubahiro yahaye umuntu 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi, iririmbwa hacurangwa umurya w’inanga w’i Gati. Ni zaburi ya Dawidi. 2 Uhoraho Mwami wacu, erega ikuzo ryawe rigaragara ku isi yose,…
Uhoraho arenganura abanyamibabaro n’abaryamiwe 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi, iririmbwa mu majwi ahanitse. Ni Zaburi ya Dawidi. 2 Uhoraho, reka ngusingize mbikuye ku mutima, namamaze ibitangaza wakoze. 3 Reka nkwishimire nitere…
Gusaba kurenganurwa 1 Uhoraho, ni kuki witarura abantu? Ni kuki ubihisha mu gihe cy’amakuba? 2 Umugome ashingiye ku bwirasi bwe atoteza abanyamibabaro, arabatoteza bakaziraimigambi ye mibi. 3 Umugome yirata ibibi…
Kwiringira Uhoraho 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi. Ni iya Dawidi. Uhoraho ni we mpungiyeho. None se kuki mumbwira muti: “Ihute nk’inyoni uhungire ku misozi, 2 dore abagome bitwikiriye umwijima, babanze imiheto…
Uhoraho agoboka abakandamijwe 1 Zaburi y’umuyobozi w’abaririmbyi, iririmbwa hacurangwa inanga y’imirya umunani. Ni zaburi ya Dawidi. 2 Uhoraho, tabara! Dore indahemuka zishizeho, abanyamurava na bo ntibakibaho. 3 Umuntu akinga mugenzi…