Kuv 1
Abisiraheli baba inkoreragahato mu Misiri 1 Dore amazina y’abahungu ba Yakobo wahimbwe Isirahelibajyanye na we mu Misiri, hamwe n’abo mu miryango yabo: 2 Rubeni na Simeyoni na Levi na Yuda,…
Abisiraheli baba inkoreragahato mu Misiri 1 Dore amazina y’abahungu ba Yakobo wahimbwe Isirahelibajyanye na we mu Misiri, hamwe n’abo mu miryango yabo: 2 Rubeni na Simeyoni na Levi na Yuda,…
Ivuka rya Musa 1 Muri icyo gihe umugabo wo mu muryango wa Levi yarongoye umukobwa wo muri uwo muryango. 2 Baza kubyara umuhungu, nyina abonye ko ari mwiza cyane amuhisha…
Imana ihamagara Musa 1 Musa yaragiraga umukumbi wa sebukwe Yetiro (ari we Ruweli), umutambyi w’Abamidiyani. Umunsi umwe yahura umukumbi hirya y’ubutayu agera ku musozi w’Imana witwa Horebu. 2 Umumarayika w’Uhoraho…
Imana iha Musa gukora ibitangaza 1 Musa abaza Uhoraho ati: “None se nibatanyemera ntibite ku byo mvuga ngo ntiwambonekeye?” 2 Uhoraho aramubaza ati: “Icyo ufite mu ntoki ni iki?” Musa…
Musa na Aroni babonana n’umwami wa Misiri 1 Hanyuma Musa na Aroni bajya kubonana n’umwami wa Misiri, baramubwira bati: “Uhoraho Imana y’Abisiraheli aravuze ati: ‘Reka ubwoko bwanjye bugende, bujye kunkorera…
1 Uhoraho asubiza Musa ati: “Ugiye kwirebera icyo nzakorera uwo mwami wa Misiri. Nzamuhata areke Abisiraheli bagende, ndetse muhate abirukane bamuvire mu gihugu!” Imana isezeranira Musa gukiza Abisiraheli 2 Imana…
1 Uhoraho abwira Musa ati: “Nk’uko mvugira mu kanwa k’abahanuzi banjye, ni ko uzabwirira umwami wa Misiri mu kanwa ka mukuru wawe Aroni. 2 Uzabwira Aroni ibyo nzagutegeka byose na…
1 Uhoraho ategeka Musa ngo abwire Aroni ati: “Rambura ukuboko utunge inkoni yawe ku migezi no ku miyoboro no ku bidendezi, kugira ngo ibikeri bivemo byuzure igihugu cya Misiri.” 2…
Muryamo 1 Uhoraho ategeka Musa kujya kubwira umwami ati: “Uhoraho Imana y’Abaheburayi aravuze ati: ‘Reka ubwoko bwanjye bujye kundamya.’ 2 Niwanga ko bugenda ugakomeza kubukumira, 3 Uhoraho azateza icyorezo gikomeye…
Inzige 1 Uhoraho abwira Musa ati: “Subira ibwami kuko ari jye wanangiye umutima w’umwami n’uw’ibyegera bye, kugira ngo mbereke ibimenyetso bitangaje. 2 Bityo muzatekerereze abana banyu n’abuzukuru banyu, ibyo bimenyetso…