Kuv 21
Amabwiriza yerekeye inkoreragahato z’Abaheburayi 1 Uhoraho akomeza kubwira Musa ati: “Dore andi mabwiriza uzabaha: 2 “Nimugura inkoreragahato y’Umuheburayi izabakorere imyaka itandatu, mu wa karindwi izigendere yigenge, nta cyo yishyuye cyo…
Amabwiriza yerekeye inkoreragahato z’Abaheburayi 1 Uhoraho akomeza kubwira Musa ati: “Dore andi mabwiriza uzabaha: 2 “Nimugura inkoreragahato y’Umuheburayi izabakorere imyaka itandatu, mu wa karindwi izigendere yigenge, nta cyo yishyuye cyo…
1 “Umujura napfumura inzu nijoro agafatwa akicwa, uwamwishe ntazakurikiranwe. 2 Ariko niyicwa ku manywa, uwamwishe azakurikiranwe. “Umujura agomba kuriha icyo yibye, yaba adafite icyo kuriha akagurishwa kugira ngo icyo yibye…
Ubutabera n’impuhwe 1 Uhoraho arakomeza ati: “Ntugakwize impuha z’ibinyoma. Ntugashyigikire abagome ngo uhamye ibitari ukuri. 2 Ntugakore ibibi witwaje gukurikira abenshi, ntukemere kuba umugabo wo gushyigikira abenshi bagoreka urubanza. 3…
Isezerano rishyirwaho ikimenyetso 1 Uhoraho abwira Musa ati: “Zamuka unsange wowe na Aroni na Nadabu na Abihu, n’abakuru mirongo irindwi b’Abisiraheli maze mundamye mukiri kure. 2 Wowe wenyine ushobora kunyegera….
Umusanzu wo kubaka Ihema ry’Imana 1 Uhoraho abwira Musa ati: 2 “Bwira Abisiraheli bampe umusanzu. Muzakire ikintu cyose bazabahana umutima mwiza, 3 yaba izahabu cyangwa ifeza cyangwa umuringa. 4 Muzakire…
Ihema ry’Imana 1 Uhoraho akomeza kubwira Musa ati: “Muzanyubakire Ihema. Muzadode imyenda icumi yo kumanikamo. Izabe iboshye mu budodo bw’umweru bukaraze no mu bw’isine, no mu bw’umuhemba no mu bw’umutuku….
Urutambiro 1 Uhoraho akomeza kubwira Musa ati: “Muzubake urutambiro mu mbaho z’iminyinya rufite impande enye zingana, buri ruhande rufite metero ebyiri na santimetero makumyabiri, n’ubuhagarike bwa metero imwe na santimetero…
Ibyerekeye imyambaro y’abatambyi 1 “Uzahamagare mukuru wawe Aroni n’abahungu be Nadabu na Abihu, na Eleyazari na Itamari, ubatoranye mu bandi Bisiraheli kugira ngo bankorere umurimo w’ubutambyi. 2 Uzadodeshereze mukuru wawe…
Amategeko yo kwegurira Imana abatambyi 1 Uhoraho akomeza kubwira Musa ati: “Dore uko uzanyegurira Aroni n’abahungu be kugira ngo bankorere umurimo w’ubutambyi. Uzafate ikimasa n’amasekurume y’intama abiri bitagira inenge. 2…
Igicaniro cy’imibavu 1 Uhoraho akomeza kubwira Musa ati: “Muzabāze mu mbaho z’iminyinya igicanirocyo koserezaho imibavu. 2 Kizabe gifite ubugari bwa santimetero mirongo ine n’enye, n’uburebure bwa santimetero mirongo ine n’enye,…