Yer 46
Abanyamisiri batsindirwa i Karikemishi 1 Ubutumwa bukurikira ni bwo Uhoraho yahaye Yeremiya, bwerekeye amahanga. 2 Ubu ni ubutumwa bwagejejwe kuri Misiri n’ingabo z’umwami wayo Neko, ubwo yari i Karikemishi ku…
Abanyamisiri batsindirwa i Karikemishi 1 Ubutumwa bukurikira ni bwo Uhoraho yahaye Yeremiya, bwerekeye amahanga. 2 Ubu ni ubutumwa bwagejejwe kuri Misiri n’ingabo z’umwami wayo Neko, ubwo yari i Karikemishi ku…
Ubutumwa bwagenewe Abafilisiti 1 Ubu ni ubutumwa Uhoraho yabwiye Yeremiya, bwerekeye Abafilisiti mbere y’uko umwami wa Misiri atera i Gaza. 2 Ngibyo ibyo Uhoraho avuga ati: “Dore umuvumba w’amazi aturutse…
Ubutumwa bwagenewe Abamowabu 1 Ubu ni ubutumwa bw’Uhoraho Nyiringabo Imana y’Abisiraheli bwagenewe Abamowabu: abaturage b’i Nebo bagushije ishyano, koko umujyi wabo urarimbutse. Kiriyatayimu ikozwe n’isoni irafashwe, ikigo ntamenwa cyayo kirashenywe,…
Ubutumwa bwagenewe Abamoni 1 Ubu butumwa bwagenewe Abamoni. Uhoraho aravuga ati: “Mbese Isiraheli nta bana igira? Mbese ntifite abagenewe umurage? Kuki ikigirwamana Moleki cyigaruriye intara ya Gadi? Kuki Abamoni batuye…
Ibindi bivugwa kuri Babiloniya 1 Uhoraho aravuga ati: “Ngiye guteza umurimbuzi Babiloniya n’abayituye. 2 Nzayiteza abanyamahanga bayirimbure, bazayirimbura nk’uko umuyaga uhuha umurama. Icyo gihe bazatera bavuye impande zose, bazasiga igihugu…
Ifatwa rya Yeruzalemu 1 Sedekiya yabaye umwami afite imyaka makumyabiri n’umwe, amara imyaka cumi n’umwe ari ku ngoma i Yeruzalemu. Nyina yitwaga Hamutali umukobwa wa Yeremiya w’i Libuna. 2 Sedekiya…
Yeruzalemu imeze nk’umupfakazi utagira kivurira 1 Mbega ukuntu Yeruzalemu yari ituwe ihindutse umusaka! Yari igikomerezwa imbere y’amahanga, none ibaye nk’umupfakazi. Yari umwamikazi wategekaga ibihugu, none ibaye inkoreragahato. 2 Arara arira…
Uhoraho yagenje nk’umwanzi wa Yeruzalemu 1 Uhoraho yarakariye Siyoni ayishyira mu icuraburindi, ibyari ikuzo rya Isiraheli yabihinduye amatongo ku munsi w’uburakari bwe, ntiyibutse ko ari ho yakandagizaga ibirenge. 2 Uhoraho…
Akaga gatera kwizera 1 Ndi umuntu wagize umubabaro, Uhoraho yampanishije uburakari bwe. 2 Yaranshoreye aranjyana, yanjyanye mu mwijima utagira umucyo. 3 Ni jye yahannye, yaranyibasiye umunsi urira. 4 Yanshegeshe umubiri…
Amakuba yatewe n’isenywa rya Yeruzalemu 1 Mbega ngo izahabu iracuyuka! Mbega ngo izahabu inoze irata agaciro! Amabuye y’agaciro yari mu Ngoro yanyanyagiye hose mu mayira! 2 Abantu b’i Siyoni bari…