Zak 10
Isezerano ryo gucungurwa 1 Musabe Uhoraho imvura y’itumba, Uhoraho ni we uhindisha inkuba, akagusha imvura y’umurindi, agatohagiza imyaka yo mu mirima ya buri muntu. 2 Nyamara ibishushanyo musenga birababeshya, ibyo…
Isezerano ryo gucungurwa 1 Musabe Uhoraho imvura y’itumba, Uhoraho ni we uhindisha inkuba, akagusha imvura y’umurindi, agatohagiza imyaka yo mu mirima ya buri muntu. 2 Nyamara ibishushanyo musenga birababeshya, ibyo…
Imana ihangura ibihangange 1 Libani we, ugurura amarembo yawe, maze umuriro utsembe amasederiyawe y’inganzamarumbu! 2 Mwa mizonobari mwe, nimuboroge! Amasederi yahangutse, bya biti byiza bishizeho. Mwa biti by’imishīshi mwe by’i…
Abagose Yeruzalemu bameneshwa 1 Ngiyi imiburo iturutse ku Uhoraho yerekeye Isiraheli: Uhoraho waremye ijuru, washimangiye isi ku mfatiro zayo, wahaye umuntu umwuka w’ubugingo, aravuga ati: 2 “Yeruzalemu nzayigira nk’igikombe kirimo…
Umunsi w’Uhoraho 1 Dore umunsi w’Uhoraho uregereje. Yeruzalemu izasahurwa maze iminyago bayigabanire muri yo rwagati. 2 Koko rero Uhoraho azakoranya amahanga yose kugira ngo atere Yeruzalemu. Izafatwa maze amazu bayasahure,…
1 Ngiyi imiburo Uhoraho yagejeje ku Bisiraheli ayinyujije ku muhanuzi Malaki. Urukundo Uhoraho akunda Abisiraheli 2 Uhoraho abwira Abisiraheli ati: “Narabakunze.” Na bo baramubaza bati: “Ni iki kigaragaza ko wadukunze?”…
Uhoraho aburira abatambyi 1 None rero Uhoraho Nyiringabo aravuze ati: “Mwa batambyi mwe, ndababuriye! 2 Nimutanyumvira ngo mumpeshe ikuzo mubyitayeho, ndabavuma, ibyiza abantu babahabihinduke imivumo. Koko rero nabihinduye imivumo kuko…
1 Uhoraho Nyiringabo aravuze ati: “Dore ngiye kohereza intumwa yanjye kugira ngo intunganyirize inzira. Bidatinze Nyagasani mushaka azasesekara mu Ngoro ye, kandi intumwa mwifuza ngiyo iraje, ibazaniye Isezerano.” 2 Ni…
1 Iyi ni inkuru ya Tobitimwene Tobiyeli mwene Ananiyeli, mwene Aduweli mwene Gabayeli, mwene Rafayeli mwene Raguweli wo mu nzu ya Asiyeli wo mu muryango wa Nafutali. 2 Ku ngoma…
Ibirori mu muryango 1 Ku ngoma ya Esarihadoni nagarutse iwanjye, nsubizwa umugore wanjye Ana, na Tobiya umuhungu wanjye. Ku munsi wacu wa Pentekote, ari wo munsi mukuru w’Ibyumwerubirindwi nyuma ya…
Isengesho rya Tobiti 1 Nuko ndashavura cyane, nsuhuza umutima ndaturika ndarira. Ni ko kuvuga iri sengesho ryuje amaganya nti: 2 “Nyagasani, uri intabera, ibikorwa byawe byose biraboneye. Imigenzereze yawe irangwa…