Buh 14

Urundi rugero rwo gusenga ibigirwamana 1 Undi muntu na we yitegura kwambuka inyanja irimo imivumba ikaze, atakambira ishusho y’igiti, igiti cyamunzwe kurusha ubwato bumutwaye. 2 Umuntu yabaje ubwo bwato kugira…

Buh 15

Ukwemera kwatumye Abisiraheli badasenga ibigirwamana 1 Ariko wowe Mana yacu, ugira ubuntu ukaba n’indahemuka, utinda kurakara kandi ibyo waremye byose ubitegekana impuhwe. 2 Iyo twacumuye tugumya kuba abawe kuko tuzi…

Buh 16

Imana yagaburiye Abisiraheli iteza inzara Abanyamisiri 1 Abo bantu basengaga ibikōko, byari bikwiye ko bahanishwa udukōko twinshi tukabajujubya. 2 Nyamara wowe Nyagasani, aho guhana abantu bawe wabagiriye imbabazi, wabahaye inturumbutsi…

Buh 17

Umwijima n’inkingi y’umuriro 1 Nyagasani, imiginzereze yawe ni intagereranywa, ni intagereranywa kandi biragoye kuyisobanukirwa, ni na yo mpamvu abapfapfa bayobye. 2 Abagome bibwiye ko bakandamije ubwoko witoranyirije, baheze mu mwijima…

Buh 18

Inkingi y’umuriro 1 Icyo gihe abantu bawe bari bamurikiwe n’umucyo urabagirana, abanzi babo bumvaga ijwi ryabo ariko ntibababone, bavugaga ko bo bahiriwe kuko batakibabara. 2 Bashimiraga abantu bawe ko batihōreye…

Buh 19

Abisiraheli bambuka Inyanja itukura 1 Abo bagome wakomeje kubarakarira, koko Nyagasani wari usanzwe uzi ibyo bagambiriye gukora, 2 wari uzi ko bazahatira abantu bawe kugenda, wari uzi kandi ko bazisubiraho…

Sir 1

Inkomoko y’ubuhanga 1 Ubuhanga bwose bukomoka ku Uhoraho, buhorana na we ubuziraherezo. 2 Ni nde washobora kubara ibitonyanga by’imvura? Ni nde washobora kubara umusenyi wo ku nyanja? Ni nde washobora…

Sir 2

Kuba indahemuka mu bigeragezo 1 Mwana wanjye, niba wiyemeje gukorera Uhoraho, niba ubyiyemeje witegure guhura n’ibigeragezo. 2 Ujye ugira ubutwari n’ibitekerezo bihamye, ntugakangarane mu gihe cy’amakuba. 3 Ukomere ku Uhoraho…

Sir 3

Abana bagomba kubaha ababyeyi 1 Bana banjye, ndi so nimwumve inama mbagira, nimuzikurikize zizabahesha agakiza. 2 Koko Uhoraho yahaye se w’abana kubategeka, yahaye kandi nyina w’abana ubutegetsi ku bahungu. 3…

Sir 4

1 Mwana wanjye, ntukime umukene icyamutunga, umuntu utishoboye ntukamurangarane. 2 Ntukababaze umushonji, ntukarakaze umutindi. 3 Ntugahuhure umuntu uhangayitse, ntukarangarane umukene. 4 Ntukirengagize ugusabye, ntukamuhunze amaso. 5 Ntugahunze umukene amaso, ntukamuhe…